Akarere ka Nyarugenge niko karere kahize utundi two mu mugi wa Kigali mu kugira isuku n’ umutekano naho umurenge wa Rwezamenyo niwo wahize indi yo mu mujyi wa...
Minisitiri w’Umutekano mu Rwanda,Gasana Alfred,yatangaje ko umutekano w’u Rwanda urinzwe nyuma y’imyigaragambyo ikozwe n’Abakongomani ku mupaka urutandukanya na RDC.
Mu kiganiro n’Itangazamakuru mu...
Guhera mu cyumweru gitaha, biteganyijwe ko Perezida watowe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, azatangira guhabwa amakuru y’inzego z’umutekano kugira ngo bimufashe kwitegura no kumenya...
Minisitiri w’Umutekano, Alfred Gasana n’intumwa ayoboye aho ari mu ruzinduko muri Qatar, yagiranye ibiganiro na mugenzi we Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al-Thani, byagarutse mu kurushaho...
Umusore wiga mu mwaka wa mbere muri kaminuza yakoze application yise Sugira avuga ko izifashishwa mu kwishyuza no kwishyura umusanzu w’ umutekano ku buryo bitazongera kuba ngombwa ko abishyuza...
Biteganyijwe ko abagore barenga 250 bo mu nzego z’umutekano ku mugabane wa Afurika bateranira i Kigali mu nama y’iminsi 2, yateguwe n’abashinzwe gushyira mu bikorwa ibyemezo by’Itangazo ry’Inama...
Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Rusizi zeretse abaturage bo mu Murenge wa Kamembe abagabo 4 bakekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba bagahungabanya umutekano muri...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari abantu bifuzaga ko umutekano w’u Rwanda wahungabana mu Mujyi wa Kigali ubwo u Rwanda rwakiraga CHOGM kuko bakekaga ko igihugu gihuze ariko ntibabashe...
Kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020,Perezida Kagame yahagaritse Gen. Patrick Nyamvumba ku mwanya wa Minisitiri w’Umutekano mu gihugu. Ibi byatewe ngo n’iperereza riri kumukorwaho...
Kuva kuwa Kane tariki 15 Kamena 2023, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri i Musanze hateraniye inama y’iminsi ibiri yiga ku Mahoro, Umutekano n’Ubutabera.
Nyuma y’imyaka isaga 4 Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Nkurunziza Pierre uyobora Uburundi badahura,kuri uyu wa Gatatu taliki ya 09 Ukwakira bazahurira I Bukavu muri Repubulika iharanira...
Abarinzi bavuga y’uko bafatwa nabi mu kazi kabo.
Knowless ashimirwa nk’umuhanzikazi uzi akamaro k’ushinzwe umutekano.
The Ben ngo kubera gutembera amahanga yasobanukiwe akamaro ka Body Guards....