skol
fortebet

Startimes yazaniye ibirori bikomeye abana muri Kanama

Yanditswe: Tuesday 04, Aug 2020

featured-image

Sponsored Ad

Mu gihe kwinjira mu kwezi kwa Kanama,umuyoboro wa’insakazamashusho zigenzweho [digital TV] Startimes yateguriye ikirori cy’imyidagaduro na gahunda y’amasomo azatuma abana bose mu kigero gitandukanye babona ikibahuza muri uku kwezi.

Sponsored Ad

Mbere na mbere,Startimes yashyize hanze shene za DreamWorks.Mbere na mbere iyi DreamWorks yazaniwe abana no gususurutsa umuryango.

Abafatabuguzi bazishimira kureba ibintu byiza bitandukanye ndetse bazabona amaso ku yandi za Dragons batigeze batekereza nka : Race To The Edge; whilst over in Madagascar,ikirori gikomereze ku cyamamare mu kubyina Lemur muri All Hail King Julien.Bazishimira kandi Turbo muri Turbo FAST ndetse banishimire Intwari ikunzwe ku isi muri The Adventures Of Puss In Boots.

Shene nshya ya StarTimes yitwa ST Kids izerekana uko ipusi yo mu rugo igenza icyaha yarwanyije cyane imbara z’ikibi aho abana bazigiramo isomo rikomeye ryo kudacika integer no kugira ishyaka.Abakobwa bazakunda cyane Modern Academy ivuga inkuru y’umunyeshuri watangije TV y’ikigo ivuga amakuru mu mwaka wa 2030.

Kuri CBeebies,abana bazareba inyamaswa za dinosaurs z’ibikinisho zagaruwe mu buzima kubabwira inkuru nziza dushimira Andy ku bwa Dino ToyBox.Filimi z’uruhererekane zishishikariza abana gukora imirimo yo mu rugo mu gihe k’ibiruhuko ndetse no kuvumbura ibintu bishya byo gukora cyangwa se kwiga.

Hari kandi ikiganiro cya TV cyitwa Alphablocks cyafashije amamiliyoni y’abana kwiga gusoma,kizigisha abana bawe uko amagambo akora kurusha uko inyunguti ziza ubuzima.

Nickelodeon izazanira abana bari mu mabyiruka ibitangaza. Just Add Magic ivuga ku nkuru y’abakobwa batatu bari inshuti barangaye bakagarura mu buzima umwanzi wabo w’ingimbi wari umaze imyaka 50 yari yaraburiwe irengero.

LEGO City Adventures ni filimi y’uruhererekane y’urugendo rusekeje rwuzuyemo gusetsa rw’abantu bagenda mu myicungo.

Toonami izashimisha abakunzi ba filimi z’intwari kabuhariwe barimo The Batman na Green Lantern barwanyije imyuka mibi bivuye inyuma kugira ngo bazane amahoro n’ubutabera.

Kuwa 15 Kanama 2020, ST Movies Plus izacishaho filimi ya Stuart Little 2 aho Stuart naSnowbell bajya inyuma y’umujyi kujya gutabara inshuti yabo,izashimisha imiryango ndetse ibazanire umunezero.

Baby TV na Da Vinci,abana bato bazigiraho byinshi ku isi ari nako banishima.
StarTimes kandi ifasha abantu kureba amashene yo mu Rwanda nka Isango TV, Prime TV, BTN TV, RTV, TV10, TV1 atuma abana bari mu rugo bakomeza kwiga neza.

Umuyobozi w’imenyekanishabikorwa no kwamamaza, Vlady Terimbere, yagize ati “Turishimye kandi n’abana n’uko.Bafite byinshi byo kureba muri uku kwezi kwa Kanama na DreamWorks n’andi mashene y’abana.Bazabasha kwiga cyane ko turi gukora ibishoboka byose kugira ngo dufashe gahunda yo kwigira mu rugo muri afurika yatewe na Coronavirus.

StarTimes n’isoko y’ibyishimo mu muryango,dukora ibishoboka byose kugira ngo buri wese mu bawugize yishimire ibyiza bya Televiziyo zigezweho [digital TV].”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa