skol
fortebet

Ubuhamya bw’uwakize nyuma y’imyaka irenga 10 atagira ubushake bwo gutera akabariro

Yanditswe: Wednesday 24, May 2023

featured-image

Sponsored Ad

Ni kenshi humvikana bamwe mub’igitsina gabo bavuga ko bagira ubushake buke bwo kubaka ingo zabo binyuze mu gutera akabariro.

Sponsored Ad

Ahanini abataka icyo kibazo bavuga ko bagitewe n’impamvu zitandukanye z’ubuzima bagiye banyuramo, zirimo kwikinisha, gukoresha ibiyobyabwenge n’ibindi bishobora kwangiza ubwonko bw’umuntu mu buryo bw’imitekerereze.

Kubera izo mpamvu zitandukanye, uwitwa Shangazi yafashe icyemezo cyo kwita ku bafite ibyo bibazo, nyuma yo kubona ko bikira mu gihe umuntu yafata imiti yagenewe ku bivura neza no gukurikiza inama Shangazi uyu akugira uko zakabaye.

Bamwe mu bo yafashije bagakira icyo kibazo, batanga ubuhamya bw’uko bakize kandi bemera ko byagizwemo uruhare rusesuye ijana ku rindi na Shangazi wabavuye.

Uwatanze ubuhamya utashatse ko amazina ye ajya ahagaragara, yavuze ko nyuma yo gukurikira ibiganiro bitandukanye Shangazi atanga avuga ko afasha abantu batagira ubushake, n’abarangiza vuba ku kigero kitageza uwo bari gukorana imibonano mpuzabitsina ku byishimo bya nyuma ,yaje ku mugana n’ubwo ngo ku ikubitiro Atari afite ikizere ko hari icyo bizamumarira cyane ko hari benshi bakora nka we ariko babeshya ababagana.

Ku murongo wa telephone n’ubundi aho Shangazi anyuza inyigisho zifasha abameze uko bakamugana, uyu yagize ati”Byari amaburakindi kuko nari nariyakiriye, ariko ndavuga nti uwagerageza n’uyu nkareba, naje kumureba ampa umuti ambwira uko mbigenza ndabikora bukeye nahise muhamagara mbona byahindutse ubushake bwatangiye kuza”

Yakomeje avuga ko yari amaze imyaka itatu atagira ubushake ahubwo akoresha imiti ubwongera izwi nka Viayagara, gusa kuva yafata imiti ya Shangazi yaramuvuye n’ubwo atabyizeraga, gusa ngo ubu arashima Imana yamumuyoboyeho.

Shangazi akomeza avuga ko Atari uyu gusa yavuye, ahubwo amaze kuvura benshi kandi bose bamutangira ubuhamya

Yemeza ko kubura ubushake ari ikibazo kiriho kandi kivurwa kigakira neza mu gihe waba wagiriwe Ubuntu ugahura na shangazi kuko we ngo afite umwihariko w’umuti abandi badafite, akashingira ibyo avuga ku buhamya ahabwa n’abo amaze kuwuvuza.

Mu rwego rwo kugera kuri benshi kandi bagahabwa ubuvuzi bwizewe, Shangazi yahisemo gushyiraho umuyoboro wa Youtubewitwa MASENGE TV atangiraho ibitekerezo no kugira inama abantu benshi mu gihe gito, aho wayisura ugakurikirana ibiganiro bye ndetse bikaba byakorohera no kumugeraho imbona nk’ubone iciye kuri uwo muyoboro.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa