skol
fortebet

Pasiteri yarashwe isasu ryanga kumwinjira [AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 08, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Pasiteri witwa David Elijah yarashwe n’umugizi wa nabi witwaje itwaro isasu ntiryamwinjira.

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umupasiteri witwa David Elijah warashwe n’abantu batazwi bitwaje intwaro gusa kubw’ibitangaza by’Imana isabu ntiryamwinjira.

Ku butumwa bwatanzwe na David Elijah ubusanzwe ukuriye itorero rya Grace and power prophetic ministry international aho yarasiwe mu gace ka Awka mu mujyi wa Anambra ubwo yaragiye kubwiriza abantu ari mu imodoka atwaye imodoka ya Ranger Rover .

Mu bantu bari hafi naho uyu mugabo yarasiwe batangarije Ayola Tv dukesha iyi nkuru ko batunguwe no kubona uyu mu gabo ntagikomere ntakimwe basanze ku mubiri we kandi bumvishe urusaku rw’isasu.

Police ikorera mu gace ka Anambra yatangaje ko ntakibazo bamusanganye usibye kuba imodoka ye yanyuzemo isasu rikayangiza , ndetse ko bagikomeje iperereza ku muntu waba washatse kurasa uyu mugabo isasu nirimufate.
REBA AMAFOTO:



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa