skol
fortebet

Umupasiteri akomeje kuregwa n’itorero kubera amafoto ye yambaye ubusa yashyizzwe hanze[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 20, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Pasiteri Charles Jenkins uyobora idini ry’aba Batiste baba misiyoneri ukomoka muri Leta Zunze ubumwe za Amerika mu gace ka Chicago ubu ari kuregwa n’itorero ayobora kubera uburyo yashyize amafoto ye hanze yambaye ubusa ubwo yarari kugerageza guca inyuma umugore we avugana nundi mukunzi we wibanga biciye ku rubuga rwa internet.

Sponsored Ad

Umugore we ubu afite agahinda katoroshye aho yatangaje ko,ababajwe cyane nuburyo nta muntu umuhora iruhande nkawe,kandi ko ntacyo yigeze amuburana agifite.Pasiteri Charles kandi ngo si ubwambere agerageje guca inyuma umugore we kuko hari n’ikindi gihe yabikoze mu myaka yashize.

Uyu mu paster yigeze no guhabwa igihembo cya Grammy Award,gusa ntawe uramenya neza niba koko umugore we,abana be ndetse n’abakirisitu be hari uzongera kumwizera noneho,umwe mu banyabwenge bahariya mu gihugu cya Amerika yagize icyo abivugaho ibyuyu mupasiteri.

Yagize ati “Iyi ni isura mbi kuri we,kandi bikaba n’uburwayi bukabije,ibaze kugira ngo umupasiteri muzima ashyire ifotoye hanze yambaye ubusa!!Pasiteri akwiriye gukorerwa isuzuma,kandi akeneye imana nonaha kurusha ibindi byose.”

Uyu niwo muryango wa pasiteri

Pasiteri arikuregwa n’idini rye kuba yararikoresheja mu nyungu ze bwite.Pasiteri Charles arubatse afite umugore n’abana 3,abakobwa 2 n’umuhungu 1.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa