Bwa mbere mu mateka Bugesera FC Igeze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/2, iyizerera ku bitego 2-0 mu mikino ibiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bugesera FC yongeye kubabaza Rayon Sports iyisezerera mu gikombe cy’Amahoro
23 April, by Dusingizimana Remy -
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP18: Urugendo rwa Amb. James MUSONI wamaze imyaka 13 muri Guverinoma
30 June 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#18 kigaruka ku rugendo rwa Politiki rwa Amb.James MUSONI wamaze imyaka irenga 13 muri Guverinoma! Amb. Musoni wakomeye cyane bigeza aho hari n’abakeka ko yaba ariwe "MUSIMBURA" ari nako avugwa muri dosiye zikomeye ariko ubuzima bugakomeza! Uko byarangiye hari abakeka ko ubuzima bwe bwa Politiki burangiye ubwo Capt(Rtd) Safari yamushinjaga kumutwarira "UMUGORE" ariko nyuma y’amezi 6 agakora "Comeback" itunguranye! Ibi byose ni muri iki kiganiro!
IBYAKOZWE (...) -
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe nshya y’amashuri abanza n’ayisumbuye aho abanyeshuri bo mu mwaka wa 5 n’uwa 06 w’amashuri abanza,uwa 03 uwa 05 n’uwa 06 w’amashuri yisumbuye yose bazatangira kuwa 02 Ugushyingo uyu mwaka biga igihembwe cya kabiri.Iki gihembwe kizasozwa kuwa 02 Mata 2021.
-
Igihingwa cya Cannabis kizwi nk’urumogi kigiye gutangira guhingwa mu Rwanda
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko igihingwa cya cannabis, kizwi mu kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora imiti. Gusa yashimangiye ko bitazaha icyuho abarukoresha nk’ikiyobyabwenge.
-
Perezida wa AU yasabye ikintu gikomeye u Rwanda na RDC
30 May 2022, by Dusingizimana RemyKu cyumweru, tariki ya 29 Gicurasi, Perezida w’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, Perezida wa Senegal, Macky Sall, yasabye ko habaho ibiganiro hagati y’u Rwanda na DR Congo mu gihe amakimbirane ari kwiyongera hagati y’abaturanyi bombi nyuma yo kongera kwigomeka kwa M23 mu burasirazuba bwa nyuma.
Intambara y’ingabo za DR Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 hafi y’umupaka uhuriweho na RDC n’ u Rwanda yateranyije ibihugu byombi.
Icyifuzo cya Perezida wa AU ni icyo kuganira ku mpande zombi,nyuma y’ibisasu (...) -
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021,Guverinoma yavuguruye amabwiriza yo kwirinda Covid-19, itangaza ingamba zikaze zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko amashuri yose agomba gufunga.
-
Perezida Doumbouya wa Guinea yahishuye icyo yigiye ku Rwanda
19 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida w’inzibacyuho wa Guinea yavuze ko yifuza kwigira k’urugero rw’u Rwanda ubwo yari kumwe na Perezida Paul Kagame, umwe mu bakuru b’ibihugu ba mbere bo muri Afurika basuye iki gihugu nyuma yo gufata ubutegetsi mu 2021.
Perezidansi ya Gineya yagize iti: "Kuva muri jenoside [yakorewe Abatutsi] mu 1994 kugeza igihugu cyunze ubumwe, u Rwanda rwashoboye gukira, kwiyumva no kwiyubaka mbere yo kuba intangarugero muri Afurika. Niyo mpamvu u Rwanda rwabereye urugero Perezida Koloneli Mamadi (...) -
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#37: Amb.Habineza yashyinguwe!Ese yaba yaraciye amarenga ku rupfu rwe abantu ntibabimenye?
30 August 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Kanama 2021,Ambasaderi Habineza Joseph [Joe] yasezeweho bwa nyuma, anashyingurwa mu cyubahiro mu muhango witabiriwe n’abo mu muryango we, inshuti ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru b’igihugu.
Umuhango wo kumusezera wabereye iwe mu rugo, urangwa n’ubuhamya butandukanye bw’abo mu muryango we n’inshuti ze, bose bagarutse ku bumuntu, urukundo no kwitangira bose byamuranze. Mu bawitabiriye barimo na Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin.
Ubuhamya bwatanzwe mu (...) -
M23 yavuze ku birego RDC ishinja u Rwanda byo kuyitera inkunga mu ntambara
30 May 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa M23,Willy Ngoma,yahakanye ibirego bikomeje gufata intera ko u Rwanda rurimo gufasha umutwe wabo kugira ngo utsinde ingabo za Leta ya RDC bivugwa ko ziri gufatanya na FDLR.
Willy Ngoma yabwiye BBC ko ibivugwa n’ibyerekanwa n’ingabo za DR Congo ari ibihimbano kandi ari "ibinyoma".
Yemeza ko ahaberaga imirwano ubu hari agahenge gusa ati: "Ariko igihe icyo aricyo cyose byose byakongera’.
M23 kandi ku cyumweru nijoro yasohoye itangazo rishinja leta kuba yarananiwe kubahiriza (...) -
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
27 February 2023, by TUYISENGE FabriceHatangajwe imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda wiyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi ishize, aho igitsinagore ari bo benshi ugeraranyije n’igitsinagabo.