Umuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
17 July 2021, by Ubwanditsi -
Umunyarwanda yakoze urubuga ruriho ibizamini bya Leta byose
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestShyaka James w’ imyaka 23 y’ amavuko yakoze urubuga rwa internet ashyiraho ibizamini bya Leta byose byakozwe ndetse n’ ibizamini by’ uruhushya.
Uyu musore wiga ibijyanye n’ ikoranabuga avuga ko yakoze uru rubuga www.isomo.info kugira ngo afashe abanyeshuri bitegura ibizamini kubona ibizamini byagiye bikorwa mu myaka yabanje bizwi nk’ ibicupuri.
Aganira n’ Umuseke dukesha iyi nkuru yagize ati “Twajyaga mu isomero tugasanga kopi z’ibizamini zirimo ni eshanu, kandi na zo uwinjiye akayiba akayitwara, (...) -
Umubare w’abanyarwanda bose wamenyekanye
27 February 2023, by TUYISENGE FabriceHatangajwe imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda wiyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi ishize, aho igitsinagore ari bo benshi ugeraranyije n’igitsinagabo.
-
Amateka ya Gitera washinze Aprosoma, akazana amategeko icumi y’abahutu ndetse n’ ijambo “mitingi”
29 June 2019, by UbwanditsiGitera yari umunyabutare ahitwa I Save, inkubiri yo guharanira ubwigendge bw’u Rwanda ubwo yari irimbanyije, uyu yahise ashinga ishyaka Aprosoma ariko riza ribiba amacakubiri.
-
RWANDA:Reba ingano y’umushahara mushya wa Perezida w’u Rwanda, Abaminisitiri, Abadepite, Abasenateri, Guverinerinoma nibindi
4 June 2017, by Martin MunezeroIteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa 23/02/2017, rigaragaza ingano y’Imishahara aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu bahabwa ndetse n’ibindi biherekeza iyo mishahara.
Aba Banyapolitiki Bakuru b’Igihugu, barimo Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida w’Umutwe w’Abadepite; Minisitiri w’Intebe; ba Visi Perezida ba Sena; ba Visi (...) -
Menya uko wowe ubwawe wakwisuzuma kanseri y’ ibere igaragara cyane mu Rwanda
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestUyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’ Amajyaruguru. Iyo ugeze muri ibi bitaro ubona abarwayi baje kwisuzumisha bwa mbere indwara ya kanseri n’ abahamaze iminsi.
Ibi bitaro byita ku barwayi hakurikijwe imyaka bafite. Abana, ni ukuvuga abafite munsi y’ imyaka 16 bavurwa ukwabo naho abakuze ni ukuvuga abarengeje imyaka 16 y’ amavuko nabo (...) -
Ibyaranze Ubutegetsi bwa Bizimungu Pasteur n’ibibazo by’ingutu yahuye nabyo
18 April 2023, by Dusingizimana RemyPasiteri Bizimungu niwe wabaye Perezida w’u Rwanda nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuva tariki 19 Nyakanga 1994,aho yabarizwaga mu ishyaka rya FPR INKOTANYI.
Urubuga rwa Wikipedia, rugaragaza ko Pasteur Bizimungu yavukiye mu cyahoze ari Gisenyi mu 1950, ndetse akaba yaranahoze mu ishyaka rya Perezida Juvenal Habyarimana mbere yo kwiyunga na FPR Inkotanyi.
Hagati y’umwaka wa 1980 na 1990, Bizimungu yari mu ishyaka rya MRND ndetse yari umuntu wa hafi wa Perezida Juvenal Habyarimana, muri (...) -
#Kundubuzima: Uburwayi bw’umugongo, ikibutera, uko bwirindwa ndetse n’uko wawivuza
19 August 2021, by UbwanditsiUburwayi bw’umugongo bukomeje kwibasira abantu b’ingeri zose. Abantu benshi cyane usanga akenshi bibasirwa n’uburwayi bw’umugongo, aho yicara agataka, yahaguruka agataka, yatambuka agataka, biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Ubushakashatsi bwakorewe mu Busuwisi bugaragaza ko abantu umunani ku bantu icumi (8/10) baba bafite ububabare bw’umugongo. Ubu bubabare kandi ngo bukaba bushobora no gukwira mu bindi bice by’umubiri.
Ni ubwo ushobora guhamagara umuganga +250785686682 akaguha amakuru yose (...) -
Indwara ya Asima (Asthma) ishobora kuvurwa igakira? Umva icyo abaganga bavuga
3 June 2019, by UbwanditsiAsthma (soma asima) ni indwara y’ubuhumekero yongera ubukana bitewe n’umubiri w’umuntu ku giti cye, ihindagurika ry’ikirere, kwimuka cyangwa se aho umuntu ari.
-
Diyabete indwara y’isukari nyinshi mu maraso, Menya byinshi kuri yo n’uburyo wayirinda
25 July 2021, by UbwanditsiDiyabete cyangwa indwara y’igisukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko umubiri ukora umusemburo wa insulin nabi cyangwa se uturemangingo tw’umubiri tutumva neza insulin.
Glucose ni ingenzi mu mubiri cyane kuko niyo soko y’imbaraga umubiri ukoresha, niyo ituma uturemangingo dushobora gukora neza, kandi ifasha ubwonko mu mikorere n’imitekerereze.
Umurwayi wayo (...)