skol
fortebet

Nyuma yo kumenya ko abura igihe gito ngo apfe,umwana w’imyaka 9 yatangiye kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka (AMAFOTO)

Yanditswe: Saturday 04, Nov 2017

Sponsored Ad

skol

Umwana w’imyaka 9 y’amavuko Jacob Thompson nyuma yo kubwirwa n’abaganga ko indwara amaranye igihe ya Cancer akabwirwa ko mu gihe kitarenze ukwezi kumwe gusa azaba atakiri kuri iyi isi y’abazima yatangiye kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka bisa n’aho ari iyanyuma ku buzima bwe mbere y’uko atabaruka.
Jacob ugeze ku rwego rwa kane rwa Cancer yo hejuru, mu kwezi gushize k’Ukwakira nibwo abaganga babwiye abo mu muryango we ko ubuzima bw’uyu muhungu bugeze mu marembera ko nta gihe kigera ku kwezi (...)

Sponsored Ad

Umwana w’imyaka 9 y’amavuko Jacob Thompson nyuma yo kubwirwa n’abaganga ko indwara amaranye igihe ya Cancer akabwirwa ko mu gihe kitarenze ukwezi kumwe gusa azaba atakiri kuri iyi isi y’abazima yatangiye kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka bisa n’aho ari iyanyuma ku buzima bwe mbere y’uko atabaruka.

Jacob ugeze ku rwego rwa kane rwa Cancer yo hejuru, mu kwezi gushize k’Ukwakira nibwo abaganga babwiye abo mu muryango we ko ubuzima bw’uyu muhungu bugeze mu marembera ko nta gihe kigera ku kwezi asigaje kuri iyi Isi.

Jacob amaze kumenya iby’iyo nkuru yifuje ko abo mu muryango we bamufasha akizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, bakamwoherereza amakarita yo kumwifuriza iminsi mikuru myiza mbere y’igihe nkuko umubyeyi we Michelle Simard yabitangarije CNN dukesha iyi nkuru .

Ubwo yakiraga ubutumwa bwo ku munsi w’icyikango

Mu busanzwe Jacob akaba yari umwana wishimirwaga cyane ndetse akarangwa n’urugwiro iteka kubera uburyo azi gutebya, kuririmba ndetse akaba afite n’impano yo gufota.

Ibitekerezo

  • Imana izakire uyu mwana
    Ntakundi byamera

    Imana ishobora byose nukuri nimumize turayinginze kandi izabikora tuyifitiye icyizere mu izina rya YESU Kristo twese tumusengere Imana ibahe umugisha.

    baribesya ntazapfa igihe cye kitageze ibyo byarabananiye imana gusa niyo izi umunsi wumunu

    baribesya ntazapfa igihe cye kitageze ibyo byarabananiye imana gusa niyo izi umunsi wumunu

    Mana nziza ishobora byose uravuga bikaba wakora bigakoreka nkweretse uyu mwana umukize cancer ndakwinginze mwizina ryawe ryera AMEN...........

    Mana yacu ikora ibyananiranye, turakwinginze ngo ukore ibitangaza uyu mwana umuhe gukira burundu, ndakwinginze, ndakwinginze, amen

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa