Opinion
Rihanna yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda igaragaza imyanya ye y’Ibanga [AMAFOTO]
Yanditswe: Monday 16, Apr 2018
Umuhanzikazi Rihanna yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda igaragaza cyane amabere ye ndetse na bimwe mu bice bye by’ibanga benshi baramunenga karahava.
Uyu muhanzi uzwi mu ndirimbo nyinshi zakunzwe nka Umbrella,Rude boy,what’s my name n’izindi,yongeye kugaragara mu ruhame yambaye imyenda igaragaza bimwe mu bice bye by’ibanga ubwo yitabiraga “Coachella party.
Rihanna ni umwe mu bahanzi bakunda gushyira hanze amafoto atavugwaho rumwe cyane cyane iyo yitabiriye ibitaramo ndetse kuri ubu yari yambaye utwenda tubonerana nta n’umwenda uhisha amabere yambaye.
Ibitekerezo
Ariko ntimukabeshye
ubu se ko ntagituba ndi kubona
Ni antoinette
uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913
uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913
uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913
NIMWIZA ARIKO NTABWO AR UKWIHESHA AGACIRO