skol
fortebet

Rihanna yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda igaragaza imyanya ye y’Ibanga [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 16, Apr 2018

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Rihanna yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda igaragaza cyane amabere ye ndetse na bimwe mu bice bye by’ibanga benshi baramunenga karahava.

Sponsored Ad

Uyu muhanzi uzwi mu ndirimbo nyinshi zakunzwe nka Umbrella,Rude boy,what’s my name n’izindi,yongeye kugaragara mu ruhame yambaye imyenda igaragaza bimwe mu bice bye by’ibanga ubwo yitabiraga “Coachella party.

Rihanna ni umwe mu bahanzi bakunda gushyira hanze amafoto atavugwaho rumwe cyane cyane iyo yitabiriye ibitaramo ndetse kuri ubu yari yambaye utwenda tubonerana nta n’umwenda uhisha amabere yambaye.



Ibitekerezo

  • Ariko ntimukabeshye
    ubu se ko ntagituba ndi kubona

    Ni antoinette

    uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913

    uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913

    uri mwiza mukobwa wacu mpamagara 2vugane 0784095913

    NIMWIZA ARIKO NTABWO AR UKWIHESHA AGACIRO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa