skol
fortebet

Ibirayi bizacika mu Kinigi, Inka z’Amahembe bahura zicike mu Mutara! Nyuma yaho se?

Yanditswe: Saturday 30, Sep 2023

featured-image

Sponsored Ad

Ibirayi byo mu Kinigi turi kurya bishobora kuba ari ibya nyuma! Mu kinigi bizahacika habere ibindi! Niba hari utumasa tw’inka z’amahembe ufite mu Mutara ni utwa nyuma! Mu Mutara inka z’amahembe zizahacika habere ibindi! Ariko se, Ibirayi byo mu Kinigi bizasimbuzwa iki? Inka zo mu Mutara zizasimbizwa iki? Abari bafite inyungu muri ubu bukire ko banakomeye bizagororoka? Iri ntiryaba ari irindi korosi nyuma y’iry’Ibikingi ryo mu myaka ishize? Hakorwa iki? Tubane mu kiganiro

Sponsored Ad

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa