skol
fortebet

Gusura instagram y’urubuga www.mdgrou.com byaguhesha itike ikwinjiza mu gitaramo cya Daymakers

Yanditswe: Friday 11, Oct 2019

Sponsored Ad

Multi Design Group Ltd, sosiyete ifite urubuga www.mdgrou.com waguriraho, ugakodesha cyangwa ukagurisha umutungo utimukanwa udakoze ingendo yanatangiye gahunda yo gushyigikira abahanzi no gutera inkunga ibitaramo.

Sponsored Ad

Ku ikubitiro ubuterankunga bukaba bwatangiriye ku gitaramo “Bigomba Guhinduka Edition 2” cya Daymakers Edutainment igizwe na Clapton Kibonge, Japhet , Ethienne 5K, n’abandi, kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki 12 z’ukwakira 2019.

Kuri ubu gusura imbuga nkoranyambaga za www.mdgrou.com ugasubiza neza ibibazo bishobora kuguhesha itike ikujyana mu gitramo cya Daymakers giteganyijwe ejo taliki 12/10/2019 muri Camp Kigali.

Aya matike ari gutangwa mu buryo bw’ibibazo biri kubarizwa ku mbuga nkoranyambaga za www.mdgrou.com cyane cyane Instagram ariyo mdgrou_com aho umuntu asubiza ibibazo yabajijwe agakurikiza n’amabwiriza yose yayuzuza agahabwa itike y’ubuntu yo kwinjira muri iki gitaramo.

Multi Design Group Ltd ni sosiyete izobereye kandi igatanga serivisi mu bijyanye n’imitungo itimukanwa, ikaba itanga serivisi zishingiye kuri interineti ku rubuga rwa www.mdgrou.com rukora nk’isoko rusange, aho buri muntu uwari we wese ashobora kugurisha cyangwa akanakodesha amazu n’ibibanza abinyujije kuri uru rubuga

Iyi sosiyete itanga n’izindi serivisi nyinshi zitandukanye zirimo kugena agaciro no gucunga imitungo itimukanwa, kurangira abagura amazu n’ibibanza, guhuza abagura n’abagurisha amazu n’ibibanza n’abakodesha, gukora no gucunga imishinga n’ibindi.

Abashaka kugura, kugurisha no gukodesha tubahaye ikaze, batugana tukabafasha kugera kubyo bifuza kandi batavunitse.

Ukeneye serivisi imwe muzo dutanga cayangwa amakuru yimbitse ushobora guhamagara kuri Tel: +25 0782456085 cyangwa ugasura urubuga rwacu rwa www.mdgrou.com

Uko wadukurikira kumbuga nkoranyambaga:
Instagram: Kanda Hano
Facebook: Kanda Hano
Tweetter: mdgrou_com

Imwe mu mitungo ikodeshwa n’igurishwa kuri uru rubuga:



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa