Itangazo rya cyamunara y’imitungo itimukanwa igizwe n’ubutaka buri mu murenge wa Rilima Akarere ka Bugesera
Yanditswe: Monday 20, May 2019
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 27/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu wa Mukanyandwi na Nsengiyumva iherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Rilima, Akagali ka Kabeza, Umudugudu wa Bwiza kugira ngo harangizwe urubanza rw’ubutane .
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero (...)
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 27/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu wa Mukanyandwi na Nsengiyumva iherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Rilima, Akagali ka Kabeza, Umudugudu wa Bwiza kugira ngo harangizwe urubanza rw’ubutane .
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788734008.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *