Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu Karere ka Gasabo
Yanditswe: Tuesday 23, Jul 2019
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 30/7/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara umutungo ugizwe n’inzu ya Murenzi Rukata Mark afatanyije na Ayebale ikaba iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, Akagali ka Gacuriro, umudugudu wa Urugarama kugira ngo hishyurwe umwenda afitiye Rudasingwa Laurent.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa (...)
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 30/7/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara umutungo ugizwe n’inzu ya Murenzi Rukata Mark afatanyije na Ayebale ikaba iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, Akagali ka Gacuriro, umudugudu wa Urugarama kugira ngo hishyurwe umwenda afitiye Rudasingwa Laurent.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788836329
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *