skol
fortebet

Itangazo: Uwitwa MUHUTU Jean Marie Vianey yasabye guhindura amazina akitwa MUNEZA Jean Marie Vianey

Yanditswe: Friday 26, Apr 2019

Sponsored Ad

Uwitwa MUHUTU Jean Marie Vianey yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUNEZA Jean Marie Vianey.
Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko abangamiwe no kwitwa izina rishingiye ku moko
Ingingo z’ingenzi zituma yifuza guhindura aya mazina zikaba ziri hano munsi:

Sponsored Ad

Uwitwa MUHUTU Jean Marie Vianey yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUNEZA Jean Marie Vianey.

Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko abangamiwe no kwitwa izina rishingiye ku moko

Ingingo z’ingenzi zituma yifuza guhindura aya mazina zikaba ziri hano munsi:

Ibitekerezo

  • Naba Sagahutu babonereho. Ibaze kujya kwaka akazi wanditseho Sagahutu cyangwa Muhutu.

    Kwitwa Muhutu cyangwa Mututsi,bikwiye kuvaho mu Rwanda kubera amateka yacu.Ni ukuronda ubwoko.Nkuko Ibyakozwe igice cya 17,umurongo wa 26 havuga,abantu twese duturuka ku Muntu umwe.Icyo Imana yizeza abantu,nuko mu isi nshya dusoma muli 2 Petero igice cya 3,umurongo wa 13,nta Ronda-bwoko rizabamo,kubera ko ku munsi wa nyuma,Imana izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza,igasigaza abuyumvira gusa nkuko Imigani 2:21,22 havuga.Icyo Imana idusaba twese,nuko tutahera mu gushaka ibyisi gusa,ahubwo tukabifatanya no gushaka Imana,mbere yuko uwo munsi w’imperuka uza.Abibera mu byisi gusa,Imana ibita abanzi bayo nkuko Yakobo 4:4 havuga.Bisobanura ko itazabaha ubuzima bw’iteka muli paradizo.Tukibuka yuko ku munsi wa nyuma Imana izazura abantu bapfuye bayumvira nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6 umurongo wa 40.It is a matter of time kandi si kera,kubera ko Imana itajya ibeshya.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa