skol
fortebet

itel mobile yashyizeho uburyo ushobora gutunga itel S13 smartphone igezweho ku buntu

Yanditswe: Friday 19, Oct 2018

Sponsored Ad

Nyuma y’aho itel mobile ishyiriye kw’isoko smartphone nshya yamamaye kubera amafoto acyeye afatwa na camera ya 13MP, ubu n’abatarayigura yabashyiriyeho amahirwe yo kuyitunga ku buntu.

Sponsored Ad

Biroroshye cyane rwose kugirango witabire niba ukoresha urubuga rwa Facebook cyangwa instagram, ifoto wifata ukoresheje camera y’imbere (Selfie) ikaba ifite umwihariko,ubuhanga ndetse no kuba yatangaza uwayireba wese akibaza uko wayifashe ni bimwe mubyingenzi biguha amahirwe yo kwegukana S13.

Iyi itel S13 ifite ibyiza byinshi abayikoresha bakomeje kuyikundira.

Camera

Iyi itel S13 ifite camera ya selfie ingana na 13MP biyiha gufotora amafoto acyeye, ikindi kandi ni ikoranabuhanga rya 4in1 big pixel riri muri iyo camera kuko rituma ifata amafoto meza igihe icyaricyo cyose bitewe n’urumuri ruri aho uherereye.

itel S13 kandi ifite camera 2 z’inyuma zikorana ngo icyo ushaka aricyo ugaragaza cyane ibindi ubihishe nk’aho hari igihu. Ni ahawe rero ngo ube kabuhariwe mugufata amafoto meza.

Umutekano wayo utuma ntawayifungura atari wowe ngo akurebere amabanga

Kubera ikoranabuhanga ryo gufunguzwa igikumwe, birihuta kuba wafungura S13 kandi ntawundi wabasha kuyifungura kuko umutekano wose uba uri mukiganza cyawe. Fingerprint kandi wayikoresha ufata amafoto,witaba abaguhamagara, ufata video ndetse n’ibindi.

Iyi telephone kandi iri muzikoreshwa n’ibyamamare bitandukanye.


Nawe itabire irushanwa utsindire itel S13 kuri page za itel Rwanda kuri facebook kanda hano https://www.facebook.com/itelMobileRwanda/
Naho instagram kanda hano https://www.instagram.com/itelrwanda/
itel S13 iraboneka mumabara atandukanye. Ubu wayisanga mumaduka ya itel mobile mugihugu hose ukayitunga kumafaranga y’u Rwanda ibihumbi mirongo itandatu na bitanu(65,000frw). Join itel Enjoy Selfie!

Ibitekerezo

  • N Ifoto wifata ukoresheje téléphone iy ariyo yose cg niyi ya itel

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa