skol
fortebet

Idini risenga umuhanzikazi Beyonce rikomeje kuyobokwa n’amamiliyoni y’abantu

Yanditswe: Friday 20, Sep 2019

Sponsored Ad

Idini rya Beyonce ryiswe “The national church of Bey” rikomeje gukurura imitima y’abantu batagira ingano bashaka kwisengera uyu muhanzikazi bakamusimbuza Imana yabaremye.

Sponsored Ad

Mu rusengero rwa Beyonce,umuhanzikazi Beyonce afatwa nk’ikigirwamana ndetse ngo amamiliyoni y’abantu akomeje asigaye amuramya amwita “Umubyeyi Bey” w’umucunguzi.

Nubwo uyu muhanzikazi wakoze indirimbo nyinshi nka Single Ladies,Halo,Upgrade,irreplaceable n’izindi ngo ntacyo yakora kuri uru rusengero n’abantu bamuramya,hari amashusho yamugaragaje yambaye imyend nk’iya Yesu ndetse biravugwa ko nawe yifata nk’imana.

Beyonce yifata nk’ikigirwamanakazi ndetse idini rye ngo ryitwa “Beyism” aho hasohotse bibiliya ye yitwa Beyble igamije kumusenga no kumusingiza.Iri dini ririmo kuyobokwa n’ibyamamare bikomeye,amamiliyoni y’abifuza kuba byo ndetse n’abantu benshi bakunda indirimbo ze cyane.”

Ibitekerezo

  • Abazamuyoboka bazarimbukana nawe!

    Ntibitangaje kuko abiyita Kristo bazagwira. Ariko we nabayobokebe nibatihana bazarimbuka. Nd, Imana ifuha. "

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa