skol
fortebet

Ijambo ry’umunsi:USHATSE WATANGIRA KWANDIKISHA IMPAPURO Z’ UBUTUMIRE

Yanditswe: Monday 11, May 2020

Sponsored Ad

Nshuti Yanjye,
Ushatse wakwandikisha impapuro z’ ubutumire kuko njye narangije kuzandikisha no kuzitanga.
Imana itwitayeho CYANEEE...
Ijambo ry’umunsi:USHATSE WATANGIRA KWANDIKISHA IMPAPURO Z’ UBUTUMIRE

Sponsored Ad

Nshuti Yanjye,

Ushatse wakwandikisha impapuro z’ ubutumire kuko njye narangije kuzandikisha no kuzitanga.

Imana itwitayeho CYANEEE...

Ijambo ry’umunsi:USHATSE WATANGIRA KWANDIKISHA IMPAPURO Z’ UBUTUMIRE

Ibitekerezo

  • Ikintu cya mbere Abavuga-butumwa dukwiye gukora muli ibi bihe bya Coronavirus,ni ukwereka abantu ubusobanuro bw’iyi Coronavirus.Nkuko Yesu yavuze muli Luka 21:11,26,mu minsi y’imperuka hazabaho indwara z’ibyorezo,bitume abantu bagira ubwoba,bibaza ibyenda kuba ku isi.Bakwiye kubereka ko ibi bintu byinshi bibi birimo kubera ku isi kandi bifite ubukana buruta ubwo mu myaka yashize,byerekana ko Imperuka iri hafi.Bakwiye gusaba abayoboke babo guhinduka bagashaka Imana cyane.Iki ni igihe cyo Gukanguka bakihana.Mwibuke ko millions z’abantu bari batuye isi ku gihe cya NOWA,bazize kwanga Kwihana,ubwo Nowa yababwirizaga.Harokotse abantu 8 gusa bumviraga Imana.Yesu wavuze iyo nkuru muli Matayo 24:36,37,yerekanye ko ariko bizagenda nagaruka ku Munsi w’Imperuka [wegereje].Ibi ni Yesu ubwe wabibuze.Aho kubikuba na zero,icyo dusabwa ni ukubyitondera,tugahumuka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa