skol
fortebet

Intambwe umuntu ateye imwerekeza aho umutima we wifuza-Rev.Nibintije

Yanditswe: Thursday 28, Nov 2019

Sponsored Ad

Niba ugenda uzunguruka usa nukora uruziga uba wumva ko ntacyo urageraho.
Birumvikana kuko nanjye byambayeho mu minsi yashize kugenza ubwo nize amabanga amwe namwe y’ uburyo bwo gushyira muri gahunda ubuzima bwanjye.
Biba ari bintu bisaba guhora ukora kugira ngo ushyiza ikintu cyose kuri gahunda nkuko bikwiriye mu buzima bwawe cyangwa ubwa abandi bubashe kujya muri gahunda
Kugira ngo ibintu byose bijye kuri gahunda bisaba ibyo ugomba kumenya
•ibifite akamaro •n’ ibidafite akamaro •Ibyo (...)

Sponsored Ad

Niba ugenda uzunguruka usa nukora uruziga uba wumva ko ntacyo urageraho.

Birumvikana kuko nanjye byambayeho mu minsi yashize kugenza ubwo nize amabanga amwe namwe y’ uburyo bwo gushyira muri gahunda ubuzima bwanjye.

Biba ari bintu bisaba guhora ukora kugira ngo ushyiza ikintu cyose kuri gahunda nkuko bikwiriye mu buzima bwawe cyangwa ubwa abandi bubashe kujya muri gahunda

Kugira ngo ibintu byose bijye kuri gahunda bisaba ibyo ugomba kumenya

•ibifite akamaro
•n’ ibidafite akamaro
•Ibyo ukeneye byihutirwa n’ ibyo udakeneye byihutirwa.
•Bisaba gufata imyanzuro.
•Bizadusaba nabwo koroshya ibintu ukora buri munsi.
•Ufata umwanzuro wuko ugomba kubikora,
•igihe ugomba kubitangiriraho ndetse n’ igihe ugomba kubirangirizaho.

Kumenya no kwerekeza neza bimwe mu bice bigize ubuzima bwawe birashoboka ariko iyo ubasha kubigenzura.

Ariko nabwo bisaba:

•ingufu nyinshi ndetse no •kumenya no gusobanukirwa ibiza bikurangaza
• n’ uburyo ugomba kubyirinda.

Bityo rero gushyira ubuzima bwawe kuri gahunda bisaba kubiha..
•umwanya
•gufata umwanzuro mu gihe abandi batarabyumva neza, •kuvana mu buzima bwawe ibitari ngombwa maze ukinjizamo ibiri ngombwa.

Mu gushyira ibintu byawe kuri gahunda cyangwa ubuzima bwawe bwa buri munsi uzagenda..

•uhura n’ ababinenga cyangwa ababishaka ho impamvu zitasobanutse kuko bamwe biba biba bitajyane ni nyungu bibyifuzamo cyangwa icyo bakwifuzaho ariko ntibigomba kuguca intege.

Gusa icyo ugomba kumenya ni uko iyo udashyize ubuzima bwawe kuri gahunda cyangwa ufashe abandi kubushyira muri gahunda, Imana n’ abantu beza bazabikugayira nabo kuko baba babona ubifitiye umuhamagaro cyangwa ubushobozi.

Kora icyo wahamagariwe gukora, jya mbere mu nzozi yawe.

Imana iduhe umugisha..!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa