skol
fortebet

Patient Bizimana yavuze ku bukwe bwe anagaruka kuri Gaby Kamanzi bavuzwe mu rukundo

Yanditswe: Friday 12, Jul 2019

Sponsored Ad

Mu minsi yashize umuramyi Patient Bizimana yavuzwe mu rukundo nundi muramyi Gaby Kamanzi ariko aba bombi baza kubyamaganira kure.

Sponsored Ad

Ibintu byakomeje gukurura impaka mu bakunzi baba baririmbyi bombi babarizwa mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bitewe ’namafoto yabo yazengurukaga ku mbuga nkoranyambaga bahuje urugwiro.

Tukaba wegereye umuramyi Patient Bizimana aduhishurira byinshi ku mubano we na Gaby Kamanzi ndetse nibindi bimwerekeyeho muri rusange birimo n’ubukwe bwe.

REBA IKIGANIRO TWAGIRANYE HASI

Ibitekerezo

  • Uriya wasengeye umwana kumuhanda yagirango abyifashishe asaba abantu kumufasha gutera inkunga uriya mwana kugirango ubuzima bwe n’umuryango we buhinduke!Kandi mukuri byakoze akazi keza ubuzima bw’uriya muryango bwarahindutse kuburyo bugaragara!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa