skol
fortebet

Abagabo n’abagore bandagajwe bikomeye n’agasembuye kubagusha ahantu habi cyane [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 20, Jun 2019

Sponsored Ad

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga I Burayi hacicikanye amafoto agaragaza abagabo n’abagore bari banyoye inzoga zirengeje urugero,zibasebereza ku karubanda bamwe bagwa mu bwiherero,abandi bagwa ku mihanda ndetse hari n’awaguye muri Urinoir.

Sponsored Ad

Isindwe rikomeye ry’aba bantu ryarabahemukiye cyane kuko hari umugore wari wasinze cyane wafotowe yahanutse ku musarani amanitse amaguru mu kirere,kimwe n’umusore waguye mu busitani yubamye.

Undi musore yananiwe kugenda agwa mu nzira yo muri hoteli,ishati n’inkweto byose yabikuyemo biri hafi ye.

Aya mafoto yatumye benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bandagaza aba bantu ndetse basaba abantu kunywa mu rugero.







Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa