skol
fortebet

Abashakashatsi bagaragaje amazina 20 azanira ibyishimo ba nyirayo n’azana agahinda

Yanditswe: Tuesday 23, Oct 2018

Sponsored Ad

Abashakashatsi bakomeye barimo Dr David Holmes batangaje amazina 20 atunzwe n’ abantu bahora bishimye ndetse akunda kuzanira umugisha ba nyirayo bagahora bamwenyura ndetse n’aya abantu bahorana intugunda.

Sponsored Ad

Mu mazina aba bashakashatsi bashyize ku rubuga rwa pakmag.com,bakagira inama ababyeyi batwite kuyita abana babo,harimo Vicky,Mathew na Joshua ku bahungu mu gihe ku bakobwa azana ibyishimo ari Judy, Stephanie na Linda.

Aba bashakashatsi mu mitekerereze ya muntu (psychologists) bavuze ko aya mazina 20 atuma ba nyirayo bahorana ibyishimo kurusha abandi bantu bitwa andi mazina.

Amazina 10 y’Abahungu barangwa no guhora bishimye

Amazina 10 y’abakobwa barangwa no guhora bishimye

Amazina 10 y’abahungu barangwa no guhora bababaye

Amazina 10 y’abakobwa barangwa no guhora bababaye

Ibitekerezo

  • Amazina y’ abana b’ abahungu.

    Bitewenuko hagezweho kwitamazina arenze 3 Mwadufasha mukajyamuyashyira aratatu afatanye

    Amazina y Ababa baba hung

    Ubusobanuro bwamazina akunzwe

    Izina rikunzwe ni irihe?

    MujyeMutugezaho amazina akunzwe buri cyumweru

    Amazina meza wakita umwana wawe 2022

    Amazina arenaga 3 y,abahungu n,abakobwa agezweho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa