skol
fortebet

Amafoto yaciye ibintu:Kubera ubushyuhe bukabije buri i London bwatumye abagenzi bahitamo kwiyambura imyenda[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 27, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Mu mujyi wa London haravugwa inkuru y’ubushyuhe bukabije bwatumye abagenzi bagenda muri gali ya moshi biyambura imyenda yabo kubera ubushyuhe buri hejuru cyane.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Nyakanga 2019 , ubushyuhe bwazamutse ku kigero cyo hejuru mu mujyi wa London aho bamwe mu bagenzi bagenda mu igare ry’umuyaga [ Gali ya moshi /Train] bikuyemo imipira kugirango barwanye ubushyuhe.

Izi mpinduka sizabaye muri London gusa kuko no muri Britain baje kugerwaho nizi mpinduka kuko bamwe mu bagenzi bagaragaye bari muri gali ya moshi yambaye hejuru ubusa mu gihe abandi bari kuri za mudasobwa zabo kugirango batware amasaha yabo gusa ibi byakorwaga n’igitsina gabo.

Ibi ngo ni ubwambere byari bibaye muri Britain aho igipimo cy’ubushyuhe cyazamutse ku kigero cya 100.6F (38.1C) ii bikaba byari biri ahitwa Cambridge ku isaha ya saa 3:30 Pm.

Mu mateka y’isi ibi byaherukaga ahagana muri Kanama 2003 aho icyo gihe ubushyuhe bwari ku kigero cya 101.3F (38.5C).

REBA AMAFOTO:





Ibitekerezo

  • IBIZA N’IBYOREZO bikomeye cyane (Heavy Natural Disasters) birimo kuzahaza isi kurusha kera.Bimwe muli ibyo ni ibi:Indwara ziterwa na Virus,Heatwaves,Hurricanes (Imiyaga ikomeye cyane),Glaciers Melting,Tsunamis,Wildfires,Floodings),etc… Aho bitandukaniye n’ibya kera,nuko iby’ubu bifite ingufu zikabije cyane.Bihuje n’ibyo bible ivuga ko “mu minsi y’imperuka hazabaho ibihe biruhije”.Nubwo abantu nyamwinshi batabyemera,imana yashyizeho “umunsi w’imperuka” nkuko Ibyakozwe 17 umurongo wa 31 havuga.Kuli uwo munsi,izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza,isigaze gusa abantu bayumvira.Byisomere muli Imigani 2,imirongo ya 21 na 22.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa