Mu bitaro bimwe biherereye Lagos mu gihugu cya Nigeria, abarwayi babiri (umusore n’inkumi) baguwe gitumo bafatwa basambanira munsi y’igitanda cy’abarwayi.
Urubuga leuksenegal.com, ruvuga ko aba barwayi bahawe ibitaro kuko bari barwaye indwara zitabemerera gutaha mu rugo.
Nyuma y’igihe gito bari bakundanye, nuko ubwo bari batangiye gutora agatege ariko batarasezererwa bahita bihina munsi y’igitanda mu gihe bari bizeye ko ntawe ubabona.
Ubwo bari bibereye mu byabo baguwe gitumo n’abarwaza. Abasobanura uko byagenze bavuga ko aba barwayi bakundaniye ahantu habi no mu gihe kibi.
Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.
Imbuga nkoranyambaga ze:
Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter