BIRAKABIJE:Umunyeshuli wiga muri Kaminuza yafunzwe azira gushyira igitsina cye mu maso y’umugore w’abandi mu gihe yarasinziriye
Yanditswe: Tuesday 09, May 2017
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko witwa John Luke Dale wiga mu ishami rya Criminology muri Nottingham yahanishijwe gufungwa amezi icyenda azira ko yafashe igitsina cye maze agishyira mu maso y’umugore mu gihe yari yasinziriye.
Nkuko bitangazwa na Metro,John yafashwe amashusho n’inshuti ze zikoresheje telefone ubwo yavanaga igitsina cye mu mwenda we w’imbere maze akagishyira mu maso y’umugore wari wasinziririye mu nzu y’ibirori mu mwaka ushize.
Hari hashize umwaka wose uyu mugore atarabimenya,kugira (...)
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko witwa John Luke Dale wiga mu ishami rya Criminology muri Nottingham yahanishijwe gufungwa amezi icyenda azira ko yafashe igitsina cye maze agishyira mu maso y’umugore mu gihe yari yasinziriye.
Nkuko bitangazwa na Metro,John yafashwe amashusho n’inshuti ze zikoresheje telefone ubwo yavanaga igitsina cye mu mwenda we w’imbere maze akagishyira mu maso y’umugore wari wasinziririye mu nzu y’ibirori mu mwaka ushize.
Hari hashize umwaka wose uyu mugore atarabimenya,kugira ngo bimenyekane nuko izo nshuti zuyu musore zeretse Iyo Filimi inshuti zazo bakorana nuko havamo bamwe bazi uwo mugore maze banjya kubimubwira nawe ahita yitabaza Polisi.
Uyu mugore we avuga ko ngo yahohotewe kandi ari n’igisebo mu bandi bitew niyo Videwo,none uyu musore Ubutabera bwamuhitiyemo kumufunga igihe kingana n’amezi icyenda.
Martin MUNEZERO
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *