skol
fortebet

David yafatanywe udukingirizo 4 yari amaze gukoresha nyuma yo gusambanya inka eshatu yaragiraga

Yanditswe: Saturday 20, Apr 2019

Sponsored Ad

skol

Muri Zimbabwe haravugwa inkuru y’umusore witwa David wasambanyije inka 4 yaragiraga.

Sponsored Ad

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amafoto agaragaza umusore witwa David Mutambuki utuye mu gihugu cya Zimbabwe wafashwe na nyir’ishyo ry’inka yaragiraga ubwo yari amaze kumusambanyiriza inka ze.

Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri wiki cyumweru tariki 16 Mata nyuma yuko nyiri izi nka yajyaga abwirwa ko umushumba we azisambanya ntabyumve,bituma ashaka kugirango yikorere icukumbura kuri ibi byaregwaga ku mushumba we.

Nkuko tubikesha iknyamakuru gikorere kuri interinete cyitwa King Of Mushene,cyavuze ko uyu mugabo yaje kwihisha hafi n’ikiraro cy’inka ze,niko gucunga uyu musore aho yaje gukubitwa n’inkuba ubwo uyu musore yatangiraga gufata ku ngufu inka ze yambaye n’udukingirizo zimwe zikajya ziruka mu Kiraro kubera kubuzwa umutekano n’umushumba wazo.

Nyuma yo kubona ibi n’amaso ye bwite yahise afata umwanzuro wo kumwirukana aho yavuze ko uyu musore ashobora kuba afite ikibazo cyo mu mutwe kuko yamubonye afata ku ngufu Inka 3 mu gihe yarasigaranye agakingirizo 1 yari kwifashisha afata ku ngufu indi nka twose hamwe tukaba udukingirizo 4.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa