skol
fortebet

Ibihugu 10 bifite abaturage babyara cyane muri Afurika

Yanditswe: Saturday 01, May 2021

Sponsored Ad

Ubushakashatsi buheruka gukorwa na Durex bwagaragaje ko ibihugu birimo Uganda na Cameroon biri mu biza imbere mu kugira abaturage babyara cyane kurusha ibindi kuri uyu mugabane.

Sponsored Ad

Nkuko ubu bushakashatsi bubitangaza,kuba ibihugu bigira abaturage babyara cyane n’ikiba kigaragaza ko ikigero cyo gutera akabariro muri byo kiba kiri hejuru cyane.

Igihugu cya Burkina Fasocyo mu Burengerazuba bwa Afurika nicyo kiza ku isonga mu kugira abaturage babyara cyane kuko gituwe na miliyoni 21 ariko ijanisha ry’abavuka ni 42.42%.

Cameroon iza ku mwanya wa kabiri ni ijanisha rya 36.58% ku bavuka aho ituwe na miliyoni 23.34 z’abaturage.

Uganda na Gabon birakurikirana ku mwanya wa 3 n’uwa kane ku rutonde.Iki gihugu cyo muri EAC gifite ijanisha rya 34.71% ku bavuka mu gihe Gabon ifite 34.64%.

Ibihugu 10 bifite abaturage babyara cyane muri Afurika:

1.Burkina Faso
2.Cameroon
3.Uganda
4.Gabon
5.Zambia
6.Senegal
7.Nigeria
8.Sao Tome Principe
9.Republic of Congo
10.Tanzania

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa