skol
fortebet

Micheal yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya injangwe

Yanditswe: Friday 18, Oct 2019

Sponsored Ad

skol

Michael Navage w’imyaka 40 yatawe muri yombi na Polisi nyuma yo gushinjwa gusambanya injangwe ye.

Sponsored Ad

Michael atuye mu gace ka Mese, gaherereye muri Leta ya Arizona, polisi ikaba yaramutaye muri yombi nyuma yo guhuruzwa n’abaturanyi be bari bakomeje kumva urusaku rw’injangwe,ndetse n’uyu mugabo asakuriza mu nzu ye asaba ubufasha.

Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Metro ngo Michael basanze injangwe yamuswaratuye ku gitsina cye. Ubwo polisi yatabaraga yasanze ahagaze muri dushi, yambaye ubusa afite injangwe yafatishihe ibipapuro.

Yireguye avuga ko yari muri dushi hamwe n’iyo nyamaswa, ibipapuro yari afite yiregura avuga ko yabihanaguzagamo.

N’ubwo uyu mugabo yahakanye ashimangira ko atasambanije iyi njangwe, ndetse ko ayikunda cyane, veterineri ngo yemeje ko yasuzumwe bagasanga ifite ibisebe ku nnyo yayo. Ibi bikaba ibimenyetso bigaragaza ko yayisambanije.

Uyu mugabo wari unasanzwe ashinjwa ibindi byaha birimo no gufatanwa amafaranga y’amahimbano, akaba yarafunzwe mu gihe yari ataragezwa imbere y’urukiko.

Ibitekerezo

  • Abantu benshi basambanya inyamaswa.Burya nabyo ni icyaha.Ijambo ry’ikigereki ryitwa "Porneia" rikoreshwa muli bible ku byerekeye gusambana,rikomatanya: fornication,adultery,homosexuality,lesbianism,mouth sex,bestiality (kurongora inyamaswa),etc...
    Byerekana neza ko gusambanya inyamaswa nabyo ari icyaha.Imana itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli Petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa