skol
fortebet

Reba umukinnyi wa Filime ukomeye wo muri Afurika y’Epfo ufite ubugufi budasanzwe wakoze ubukwe bwanditswe mu mateka y’isi[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 18, Mar 2019

Sponsored Ad

skol

Ubukwe níkimenyetso cy’urukundo kandi kikaba kiwe mu bihe bikomeye mubuzima umuntu abasha kugira amahirwe yo kwitegurira, guhitamo uwo muzubakana mukabana ubuzima bwose bisaba kwitonda no gushishoza.

Sponsored Ad

Umukinnyi wa filime wo muri Africa y’Epfo witwa Themba Nturi w’imyaka 27 yakoze ububwe bwasigaye mu mitwe ya benshi kubera uburyo yashyingiranwe n’umugore ufite uburebure bukubye ubwe kabiri.

Themba Nturi ni umukinnyi w’umunyamwuga kuko anafite impamyabushozi zikomeye z’’ikiciro cyambere cya kaminuza mubyerekeye kwandika ndetse no kuyobora ndetse no gutunganya amashusho ya tereviziyo.

Ubu bukwe bw’aba bombi bwari akataraboneka kuko bwhuruje abantu baturutse imihanda yose baje kwirebera ibi birori.



Ibitekerezo

  • Wauuuuuuunega abantubashimishije😄😄😄😄😄😄😄😄😄😄nimubampere agakissi,birashimishijepe.🌷🥀🌹🌷🥀❤️❤️❤️

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa