skol
fortebet

Safina w’imyaka 45 yafashwe ari gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 13 yiregura avuga ko bakoresheje agakingirizo[MAFOTO]

Yanditswe: Monday 01, Mar 2021

Sponsored Ad

skol

Ni inkuru idasanzwe,Umugore w’imyaka 45 y’amavuko yafashwe ari gusambana n’umwana w’imyaka 13.

Sponsored Ad

Ngoosa Safina, wo mugihugu cya Zimbabwe yafashwe ku wa Kabiri, bamugwa gitumo arigukora imibonano mpuzabitsina n’uyu mwana w’umuhungu iwabo murugo.

Kugira ngo uyu mugore afatwe byaturutse ku mwana w’umukobwa mushiki w’uyu muhungu bari basigaranye murugo, niwe watanze amakuru abwira abaturanyi ko hari umugore uryamanye na musaza we iwabo.

Uyu mugore akimara gufatwa yameye ko yasambanyije uyu mwana ariko yiregura avugako, uyu mwana ariwe wamuhamagaye ashaka ko bakora imibonano mpuzabitsina.

Mugukomeza kwiregura uyu mugore yavuzeko nubwo bakoze ubusambanyi ariko ngo bakoresheje agakingirizo ndetse yerekana n’udukingirizo 4 bari bamaze gukoresha.

Paul Nyati, umuvugizi wa Polisi muri Zimbabwe, yemeje itabwa muri yombi ry’uyu mugore avugako iperereza ryatangiye kugirango hamenyekane ukuri nicyateye uyu mugore gukora ibi.



Ibitekerezo

  • Iri ni ishyano mwo kabyara mwe se uyu mugore wasambanije umwana abyaye byo ni ibiki! uyu Mwana ukoresha udukirizo 4 twose mu isaha imwe ubwo ni ama turu 4 azagira imyaka 20 akoresha nk’umunani azica umuntu pe ! Umuhungu yatojwe kera nawe ndabona amenyereye akazi ko mu buriri da!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa