skol
fortebet

Umugabo ufite igitsina kinini ku isi yanze ko bakigabanya-AMAFOTO

Yanditswe: Thursday 21, Dec 2017

Sponsored Ad

Umugabo witwa Roberto Esquivel Cabrera ukomoka mu mugi wa Saltillo mu gihugu cya Mexico,yanze inkunga Leta y’iki gihugu yamuhaye kugira ngo bakigabanye.
Uyu mugabo ufite igitsina kireshya na santimetero zirenga 32,yatangaje ko yemera ko kugira igitsina kingana gutyo ari ubumuga,gusa atishimiye igitekerezo Leta ya Mexico yagize cyo kumufasha kugira ngo bamubage ingano yacyo igabanuke.
Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru vanguardia.com.mx, uyu mugabo yavuze ko yategereje ko ibigo bitegura (...)

Sponsored Ad

Umugabo witwa Roberto Esquivel Cabrera ukomoka mu mugi wa Saltillo mu gihugu cya Mexico,yanze inkunga Leta y’iki gihugu yamuhaye kugira ngo bakigabanye.

Uyu mugabo ufite igitsina kireshya na santimetero zirenga 32,yatangaje ko yemera ko kugira igitsina kingana gutyo ari ubumuga,gusa atishimiye igitekerezo Leta ya Mexico yagize cyo kumufasha kugira ngo bamubage ingano yacyo igabanuke.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru vanguardia.com.mx, uyu mugabo yavuze ko yategereje ko ibigo bitegura amafilimi y’ubusambanyi byamusezeranyije ko bizamuhamagara ngo bimuhe akazi ariko amaso yaheze mu kirere.

Yagize ati “Ntabwo nshobora kwambara impuzankano(Uniform) nk’abandi bakinnyi b’izi filimi,ndetse sinshobora gupfukama no kwiruka,ibintu bifatwa nabi n’abashinzwe gutegura filimi z’ubusambanyi.Bahora bambwira ko bazampamagara ariko amaso yaheze mu kirere.”

Uyu mugabo yavuze ko afite agahinda kenshi kubera ko yabuze akazi muri ibi bigo bitegura filimi z’ubusambanyi aho yavuze ko Leta ariyo imwitaho kandi yamushize mu bafite ubumuga ndetse ahabwa amafaranga yo kumufasha n’ibyo kurya bya buri munsi.

Cabrera w’imyaka 54 yavuze ko yishimiye igitsina cye ndetse yifuza kwerekeza muri Leta zunze ubumwenza Amerika,akamarayo ubuzima asigaje ku isi kimutunze aho yifuza kwinjira mu kazi ko gukina filimi z’ubusambanyi ndetse bikamugira icyamamare.




Dusingizimana Remy

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa