Umukobwa ufite imiterere idasanzwe yaciye ibintu kubera amafoto yagiye hanze ari gucuruza agataro [AMAFOTO]
Yanditswe: Sunday 13, Dec 2020
Umukobwa wo muri Ghana ufite imiterere ikurura abagabo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yafotowe ari mu mujyi wa Accra ari gucuruza agataro k’imbuto ziribwa.
Muri aya mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje uyu mukobwa yambaye ikanzu igaragaza imiterere ye by’umwihariko ikibuno.
Aya mafotoo y’uyu mukobwa yamugize icyamamare kuko yarebwe n’ibihumbi byinshi kumbuga nkoranyambaga.
Muri iyi minsi,bisigaye byoroshye ko abakobwa bafite ibibuno binini n’abandi bafite ubwiza bamenyekana by’umwihariko mu gihugu cya Ghana aho abakobwa nk’aba bakundwa cyane.
Icyakora,uyu mukobwa ntiyatangajwe amazina n’aho avuka gusa ikizzi neza nuko ari uwo mu gihugu cya Ghana kibamo abakobwa bakurura abagabo muri Afurika kubera imiterere yabo igaragara inyuma.
Ibitekerezo
Abanyamakuru ntimugakabye. Imiterere idasanzwe ni iyihe? Njye ntayo mbonye. Kuba yambaye ibimwegereye bishushanya uko ateye se?! Ntakidasanzwe rwose .