skol
fortebet

Umukobwa wo muri Nigeria yaciye ibintu kubera amafoto agaragaza uburanga bwe yashyize hanze [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 14, Dec 2020

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Ella Okafor wo muri Nigeria watangiye kugaragara mu ndirimbo z’abahanzi yaciye ibintu kubera amafoto agaragaza imiterere ye by’umwihariko ikibuno yatumye benshi barimo n’ibyamamare hirya no hino muri Afurika bamwifuza.

Sponsored Ad

Uyu Ella Okafor yatangiye kwifashishwa mu kwamamaza ibigo bitandukanye,kujya mu matangazo yo kwamamaza ndetse na bamwe mu bahanzi batangiye kumushyira mu mashusho y’indirimbo zabo.

Amafoto y’uyu mukobwa yaciye ibintu yashyizwe hanze n’umukinnyi wa Filimi witwa Yaa Jackson wo muri Ghana wavuze ko ari inshuti ye.

Aya mafoto ya Ella uyu Yaa Jackson yashyize hanze ni amwe mu yari guca ibintu hirya no hino mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye.

Uyu Yaa Jackson ni umwe mu bakinnyi ba Filimi muri Kumawood akaba n’umuhanzi uzwi muri Ghana ariko kuri Instagram yahisemo gusakaza amafoto y’uyu mukobwa


Ibitekerezo

  • Ngo yaciye ibintu?! Ibihe se. Abanyamakuru ntimugakabye rwose.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa