skol
fortebet

Umusore w’Umwirabura yaciye ibintu kubera ukuntu gupfubura abakecuru b’abazungu yabigize umwuga

Yanditswe: Friday 06, Nov 2020

Sponsored Ad

Umusore wari usanzwe azwi mu kazi ko gutwara Taxi mu gihugu cya Gambia yatangaje ko ubu yungutse akazi ka kabiri kuko ngo abifatanya no gupfubura abakecuru bo mu Bwongereza no mu Burusiya bakunze gutemberera mu gihugu cyabo.

Sponsored Ad

Uyu musore w’imyaka 26 yavuze ko akora aka kazi ko gupfubura aba bakecuru muri Gambia ndetse ngo abikuramo amafaranga menshi.

Yemeza ko ubukene aribwo bwatumye yinjira muri aka kazi ndetse ngo buri joro yitembereza ku mahoteli acumbitsemo aba bakecuru b’Abongereza kugira ngo abone umuha ikiraka.

Igihugu cya Gambia gifatwa nka paradizo ku bakecuru bo mu bihugu by’I Burayi kuko ariho batemberera baje gushaka abasore bo kubasambanya ndetse no gusangira ubuzima.

Uyu musore yagize ati “Buri musore wese hano aba ashaka kuba inshuti n’umukecuru w’umuzungu kubera amafaranga.Nibwo buzima tubamo,ariko njye nzi ko atari ibintu byiza.

Nziko amahitamo umusore yakora ari ugukundana n’umukobwa ukiri muto ariko abasore benshi hano barakenye niyo mpamvu iyo umukecuru agukunze uremera mugakundana ndetse mugatera akabariro.Ntabwo wakwita ngo arashaje cyane cyangwa aracyari muto.Biba bigoye ariko ugerageza kwishima.

Kuri njye ndakomeye,napfubura buri mugore wese,imyaka si ikibazo.Umugore apfa kunyiyumvamo ko nkiri muto ubundi nkamunezeza.

Ntwara taxi,bimpa amahirwe yo guhura n’abakecuru b’abazungu nkabatembereza.

Ba mukerarugendo beza n’abongereza kuko buri gihe barishyura kandi ntibagukoresha.Ababi n’Abarusiyakazi kuko bo nta n’icyongereza baba bazi.

Mu myaka 2 ishize,nahuye n’umukecuru w’Umwongereza tumarana ukwezi kose yamaze mu biruhuko.

Namutembereje kureba ingona,musaba ko yatwara nimero yanjye yajya akenera umutembereza akampa ikiraka.Yahise ansaba gutwara nimero ye tuza gusangira nijoro.Yaranyishyuriye mujyana kuri hoteli turaryamana.

Yambwiye ko afite abana 60,ari mu kiruhuko k’izabukuru ndetse afite abuzukuru 2.Yari mwiza ndetse afite isuku.Nishimiraga kuba hamwe nawe.Yakundaga imibonano mpuzabitsina,twayikoraga buri joro.

Twajyanaga ku mucanga,muri restora no mu tubyiniro.Nakoraga ibishoboka byose ngo atavugana n’undi mugabo kuko hano hano gutakaza umugore n’ibintu bisanzwe.

Iyo ukundanye n’umuzungu w’umukecuru hano nta muntu n’umwe ukwita umukuzi w’ibyinyo ahubwo bose bavuga ko wagize amahirwe kuko aba agiye kukwitaho.

Namaze umwaka wose mvugana n’uwo muzungukazi nshaka kumugira umugore nkamubangikanya n’undi wo muri Gambia.Hano abagabo bagira abagore 4 ndetse nta mugore w’umunya Gambia ugirira ishyari umuzungukazi kuko aba ari gutanga amafaranga menshi.

Nifuzaga kubaka inzu y’ibihumbi 5 by’amapawundi ariko uwo muzungukazi yampaye igihumbi Magana abiri.Yajyaga anadakarira kuko namusabye amafaranga menshi arambwira ati “Uhora usaba amafaranga”.Yahise amboloka ubu nabuze byose ndakenye.”

Ibitekerezo

  • Nshaka kuvugana nuwomusore

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa