skol
fortebet

Umwarimu yaguwe gitumo asambanya umunyeshuri we mu ishuri

Yanditswe: Saturday 05, Dec 2020

Sponsored Ad

skol

Ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Afurika y’Epfo, hasakajwe amafoto agaragaza umwarimu n’umunyeshuri w’umukobwa yigisha baguwe gitumo barimo gusambanira mu cyumba cy’ishuri rye mugihe cyo kuruhuka abanyeshuri batashye.

Sponsored Ad

Ibi byari ibintu by’umwarimu w’imico isuzuguritse birenze kamere, arenga ku mategeko agenga abarezi mu bigo by’amashuri, aho ibikorwa bye byakuruye ibibazo n’ibisubizo byinshi mu bitangazamakuru bitandukanye byo kuri interineti..

Nkuko byagaragajwe na raporo, uyu munyacyaha ngo ngo ni umwarimu wa siyansi, wigize nk’uwakomeje isuzumabumenyi ry’uyu munyeshuri yigisha, mu gihe abandi bari kuruhuka, yihishe inyuma yo kumufasha gukemura ikibazo cy’imibare uyu mwangavu ukiri muto yari yaramubajije mbere.

Ibi byaje gukomeza kugeza ubwo umunsi umwe ubwo abiga bose basubiye murugo, igihe ahantu hose ntawaharangwaga uyu murezi yatangiye gutereta uyu munyeshuri maze batangira gusambanira ku ntebe yabanyeshuri.

Bibabaje kuri we, umunyeshuri umwe yaje kwibuka ko hari ikintu yibagiriwe mu ishuri maze agaruka kugifata, mu kuhagera yatangajwe n’ibo ahasanze maze aho kuzamura ijwi, yahisemo gutangira gufata amashusho mbere kugirango umwarimu atabona ibibaye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa