skol
fortebet

USA: Hateguwe ikirori cy’ubusambanyi cyiswe “Ijuru ryo ku isi” umugabo umwe azamara iminsi 4 ari gusambana n’abakobwa 100

Yanditswe: Friday 06, Sep 2019

Sponsored Ad

Mu mujyi wa Las Vegas uherereye muri Nevada niho hatahiwe kwakira icyiswe Sex Island aho umugabo umwe azasambanya abakobwa 100 mu gihe kingana n’iminsi 4 gusa kwinjira muri iki kirori bisaba kwishyura akayabo k’ibihumbi 3,600 by’amadolari.

Sponsored Ad

Amatike yo kwinjira muri iki kirori cy’ubusambanyi cyabatijwe “Ijuru ryo ku isi amerewe nabi kuko agera kuri ½ yamaze kugurishwa mu masaha make ashyizwe kuri internet.

Nkuko ibinyamakuru byabitangaje,ahazabera iki kirori nta muntu numwe uhazi ndetse hazagirwa ibanga aho abazacyitabira bazajya burizwa kajugujugu zikabageza aho kizabera.

Abazitabira iki kirori bemerewe kunywa inzoga nyinshi ndetse no guhabwa ibiyobyabwenge ariko by’umwihariko ngo buri mugabo wese ubishoboye azasambanya abakobwa 100.

Urubuga rwamamaza iki kirori rwagize ruti “Inshingano z’abakobwa n’ukugushimisha ukiyumva nk’umwami.Niba hari uburyo bwo kwishimisha ukunda butubwire cyangwa se ububwire abakobwa kugira ngo inzozi zawe zizabe impamo.Ishimire ibigukikije n’abakobwa muri sex Island.”

Nkuko abashinzwe gutegura sex island babitangaje,buri mugabo uzagura itike yemerewe abakobwa babiri ku munsi ariko ngo kubahinduranya buri kanya birashoboka ku buryo umugabo ubyifuza azarangiza iyi minsi 4 asambanyije abakobwa 100 bateguriwe gushimisha abakiriya.

Amatike azagurishwa muri iki kirori ni 50 ariko ngo amenshi yaraguzwe.Iki kirori cy’ubusambanyi kizaba kuwa 31 Ukwakira kugeza kuwa 03 Ugushyingo uyu mwaka.

Abagabo baguze amatike nibo baziyishyurira indege zizabageza muri Las Vegas aho bazahita bajyanwa muri aka gace k’ubusambanyi ngo kazaba karinzwe bikomeye.

Urubuga rwa Sex Island rwagize ruti “Abakobwa 100 baragutegereje.Bose basuzumwe indwara zitandukanye ndetse hari uburyo bwo gukoresha agakingirizo.Buri munota wahinduranya abakobwa n’abashyitsi bose uko ari 50.”


Ibitekerezo

  • Satan se yari yakora iki! Nimureke turusheho kwegera Uwiteka kuko ibi bihe nibya nyuma!

    Yesu araje.
    Sodoma na gomora yajya kurimbuka
    Ubusambanyi bwari bumaze kugwira.
    Ibi ni ibimenyetso kubana b’Imana ko Yesu aje!

    Bible ivuga ko "Mu minsi y’imperuka,abantu bazakunda ibinezeza aho gukunda Imana" (lovers of pleasure instead of God).Nibinezeze Imperuka itari yaza,ariko bamenye ko Imana izabibabaza.Byisomere muli Umubwiriza 11:9.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli Petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

    Ibibyo birenze intekerezo za muntu ariko biraza gusobanuka nyiribiremwa n’ibihe ntazemera ibibyaha bimeze nkisogororo gusa nimube maso abagiriwe Ubuntu bwo Kwizera umwami yesu kristo murinde ubugingo bwanyu hamwe n’imibiri yanyu kugirango bitagibwaho umugayo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa