skol
fortebet

Babihiwe n’umukino bahitamo kujya gusambanira muri parking ya Stade

Yanditswe: Wednesday 08, Nov 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umunyamideli n’umukunzi we bahisemo kujya gusambanira hanze ya stade ya NFL muri Ameriko kuko umukino bari bagiye kureba wari wabarambiranye.

Sponsored Ad

Kaylee Killion, ufite imyaka 27, ukurikirwa cyaneku mbuga nkoranyambaga kubera imyambarire ye ishotorana,basangije abakunzi babo inkuru y’ukuntu basambaniye hanze gato ya stade.

Uyu mukobwa yavuze ko ibi byabaye ku cyumweru, tariki ya 8 Ukwakira kuri Stake Farm Stadium ahari habereye umukino wa NFL wahuje Arizona Cardinals yari yahuye na Cincinnati Bengals.

Kubera ko ikipe bakunda yari yatsinzwe, Kaylee yasabye umukunzi we Cody ko bakomereza umunsi wabo wo kwishimisha bajya mu modoka yabo bagasambana.

Kaylee yagize ati: "Ndatinyuka kurenza Cody, bityo cyari igitekerezo cyanjye.

Arizona Cardinals yari yatsinzwe kandi numvaga nshaka kwishima. Twakoreye imibonano mpuzabitsina ahantu hatandukanye kandi heza, ku buryo parikingi ya sitade yasaga nkaho ari ahantu heza ho kongera ku rutonde.

Kaylee yakomeje agira ati: "Tugomba kuba twaramaze iminota igera kuri 10 gusa kuko byari biteje akaga, hirya no hino hari abapolisi n’abashinzwe umutekano. Imibonano mpuzabitsina yari igitangaza kandi ubwoba bwo gufatwa bwatumye birushaho kuryoha."

Aba bombi bemeje ko bakoreye imibonano mpuzabitsina "ahantu hatandukanye ku isi yose", harimo ahantu hahurira abantu benshi nko mu bwiherero bw’ikibuga cy’indege no mu tubari.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa