skol
fortebet

Umwirabura yinjije miliyoni y’ amayero ayakesha ko yaryamanye n’ Umudagekazi

Yanditswe: Wednesday 08, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Umwirabura w’ umwimukira yemeye gutera akabariro n’ umukecuru w’ Umudagekazi bahuriye mu murwa mukuru w’ Ubufaransa Paris amaze kwishyurwa miliyoni y’ amayero.

Sponsored Ad

Uyu mwirabura ni Nangaba Johnson w’ imyaka 26 y’ amavuko ukomoka mu gihugu cya Zimbabwe aravuga ko ubu ari umukire ndetse asigaye akora amafilime.

Johnson yabwiye itangazamakuru ko amaze kurambirwa kuryamana n’ uwo mukecuru ubu ngo arashaka gushinga urugo akabyara abana. Uyu mukeru ngo afite imyaka 60 y’ amavuko kandi yatandukanye n’ umugabo we.

Uyu mukecuru utatangajwe amazina yemereye uyu musore ko azajya amuha amayero 100 ku isaha igiye basambanye. Uyu musore ariko we avuga ko ashaka gusubira muri Afurika uyu mukecuru akamushakira undi uzajya amukemurira ikibazo.

Abagabo b’ Abadage bazwiho kugira udutsina duto tutanyura abagore babo. Gatanya zo Budage 30% zazo ziba zatewe n’ ukutanyurwa mu buriri kw’ abagore b’ Abadage.

Ihuriro rikora ubushakashatsi mu Budage German Federal Statistics Department, ryatangaje ko muri 2016 hashinzwe ingo 410 425 izigera kuri 162 397 nizo zimaze kwaka gatanya.

Johnson avuga ko afite abagore barenga 1000 bakeneye abagabo bo kubahaza.

Ibitekerezo

  • Ntibodutumira ngo tubereke uko gakorwa

    This is foolish in God’s eyes.Uyu mukecuru arimo kwishimisha asambana.Uyu musore nawe,arashaka ifaranga.Ariko bombi,barimo gukora ibyo imana itubuza.Nubwo bikiza uyu musore,ni hahandi azasaza asige aya mafaranga yabonye akora icyaha.Nkuko dusoma 1 Yohana 2:15-17,imana itubuza gukabya gukunda ibyisi.Ababirengaho,ntabwo bazabona ubuzima bw’iteka muli paradizo.Bisobanura ko batazazuka ku munsi w’imperuka.Ikibazo nuko abakunda ibyisi bagakabya aribo benshi.
    Uyu murongo uvuga ko abakora ibyo imana idusaba,bazabaho iteka,kandi Yesu yavuze ko bazazuka kuli uwo munsi (Yohana 6:40).Tujye twumva ibyo bible ivuga,tubikore,twumvire imana,niba dushaka kuzabaho iteka.Bizaba nta kabuza nubwo byatinze.Kubera ko nta na rimwe imana ibeshya.We must be "thinking people" (des gens reflechis).

    H.Joel.Clement

    H.Joel.Clement
    Haaaa.Ariko mwazampuje nabo bagabo nkabigisha
    Ukobakoresha,ibitsinabyabo.bakemeza abagorebabo.
    Rwose.ahokugirangotube.abapfubuzi bibyobicyecuru
    Nubwonumvaharimo agatubutse.uwomutipe muzampuzenawe.
    Nitwa.Hategekimana.Joel.Clement. namba
    2507888888346.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa