Udushya
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kane mu bihugu bifite abasore beza muri Afurika [URUTONDE]
Yanditswe: Thursday 25, Apr 2024
Igihugu cya Kenya cyaje ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite abagabo beza muri Afurika,gikurikirwa n’ibirimo Nigeria,Ethiopia n’u Rwanda.
Ikinyamakuru Insidermonkey.com nicyo cyakoze uru rutonde cyemeza ko Kenya ihiga ibindi bihugu muri Afurika mu kugira abasore beza.
Uru rtonde rugaragaraho ibihugu 20 byiganjemo ibizwi cyane.
Nyuma yo kubona uru rutonde,umuhanzi Bien Aime Baraza wahoze mu itsinda rya Sauti Sol,mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram agaragaza ifoto iriho uko ibihugu bikurikirana, yatangaje ko ari uwigiciro kuko abagabo bo muri Kenya muri rusange aribo bashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *