skol
fortebet

Abagore basaga ibihumbi 2500 bifotoje bambaye ubusa mu rwego rwo gukusanya amafaranga yo kurwanya kanseri [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 11, Jun 2018

Sponsored Ad

Bwa mbere mu mateka abagore bo muri Ireland baciye agahigo kuba abantu benshi bahuriye hamwe bambaye ubusa aho abagera ku bihumbi 2500 bagaragaye ku mucanga w’ahitwa Magheramore bambaye ubusa buri buri mu rwego rwo kwamagana kanseri ndetse no gukusanya amafaranga yo gufasha abazahajwe nayo.

Sponsored Ad

Aba bagore biganjemo abageze mu za bukuru kuko ikigero cy’imyaka yabo cyari 80,bagaragaye ku mucanga bambaye ubusa ndetse ubwinshi bwabo bwatangaje benshi cyane.

Aba bagore bari biganjemo abarwaye kanseri ndetse n’ababashije kuyikira,bageze kuri uyu mucanga bose bambaye ubusa ndetse boga mu Nyanja ari ikivunge mu rwego rwo gukusanya amafaranga yo kurwanya kanseri.

Icyatangaje benshi ni ukuntu aba bagore bagiye koga mu Nyanja iri kuri dogere 10 z’ubukonje ndetse n’ukuntu bahuje umugambi ari benshi kuri uru rwego.





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa