Abantu bane bafotowe bari gusambanira mu gashyamba ko hafi y’ishuli ry’abana ku manywa y’ihanga [AMAFOTO]
Yanditswe: Saturday 11, Aug 2018
Abagabo babiri n’abagore babiri bafashwe ku manywa y’ihangu bari gusambanira mu gashyamba ko hafi y’ikigo cy’amashuli aho abana barimo bakina.
Benshi batunguwe no kubona aya mafoto aho umugore umwe yari yambaye ubusa ari hejuru y’umugabo bari gusambana ku manywa y’ihangu.
Aba bantu bakomoka mu mujyi wa Cardiff muri Wales bakwirakwiriye henshi ku mbuga nkoranyambaga kubera isoni nke zabo ndetse banenzwe kubera ibi bikorwa by’urukozasoni bakoreye ku karubanda hafi y’aho abana barimo bakinira.
Umuntu wabafotoye yavuze ko akibumva yagize ngo n’abantu basohokanye bari kwishimira urukundo rwabo arebye asanga barimo gusambana ndetse ari abantu 4,biramutungura kuko hafi aho hari abana barimo bakina.
Ubwo aya mashusho yageraga hanze,polisi ya Cardiff yashyize hanze itangazo ryo gushakisha aba bantu ndetse uzabona amakuru ahagije kuri bo akwiriye guhamagara 101 kugira ngo batabwe muri yombi.
Ibitekerezo
Ndashakako muzansobanu rira izina vesitina na keremantina
Biraryoha erega