skol
fortebet

Abasaza 5 barimo n’umukecuru umwe bafashwe bari gusambanira ku karubanda

Yanditswe: Sunday 25, Aug 2019

Sponsored Ad

skol

Abasaza barimo n’umukecuru umwe ba mu gihugu cy’Ubwongereza bafashwe basambanira ku karubanda hafi yaho batuye bahita batabwa muri yombi.

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo kuri uyu uyu wa Kane taliki ya 22 Kanama 2019 , nibwo inkuru yakwirakwijwe hirya no hino ivuga ko abasaza 5 aribo Daniel Dobbins w’imyaka 67, Otto D. Williams 62, Charles L. Ardito, 75; John Linartz, 62, ndetse na Richard Butler, 82 hamwe n’umugore we Joyce Butler w’imyaka 85 batawe muri yombi bazira guterera akabariro ku karubanda.

Ibi ngo bakoze ubusanzwe bihanwa mu rukiko aho babihaye imvugo ya breach of peace aho uwakoze amahano wese aba afite ingingo imuhana kubera icyaha yakoze aho usanga buri wese wakoze icyaha gikubiye muri iyi mvugo ya Abongereza aba azi neza n’igihano agiye guhabwa kubw’icyaha.

John Linartz (ibumoso) na Daniel Dobbins (iburyo) ni bamwe mu batawe muri yombi

Aba bantu bose uko ari 6 kuri ubu bamaze gutabwa muri yombi aho bategereje kubwira itariki urubanza rwabo ruzasomerwa maze bagakanirwa urubakwiye

Umwe mu batangaha buhamya wabonye aba basaza bafashwe basambanira ku karubanda yavuze ko ibi babikoreye hafi ya Pariki y’inyamaswa gusa ngo ubwo polisi yahageraga bahise bambara vuba na bwangu polisi ihageze batangira guhakana ibyo barimo.

Charles L. Ardito (Ibumoso) na Otto Williams (Iburyo) nabo batawe muri yombi

Ibi ngo babikoze ubwo bari bagiye gutemberera ahantu nyaburanga hazwi nko kuri breach of peace ho mu Bwongereza ubusanzwe hazwi nk’ahantu hadakunze kubera amahano.

Amafoto ya Richard Butlerw’imyaka 82 n’umugore we Joyce Butler w’imyaka 85 nabo bari muri iki gikorwa cy’urukozasoni ntiyashobotse kuboneka.

Ibitekerezo

  • Ariko ntimugakore inkuru zibice ubuse aba baza nandi bane batinganaga? Niba aribyo ko mutabivuze?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa