skol
fortebet

Amagambo meza yavuzwe na H. Clinton wahatanye na Perezida Trump

Yanditswe: Saturday 11, Nov 2017

Sponsored Ad

Helaly Cliton, Umugore wa Bill Cliton wigeze kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ni umwe mu bagore bazwi cyane mu Isi. Muri 2016 uyu mugore yagerageje kuba Perezida wa USA atsindwa n’ Umuherwe Donald Trump.
UMURYANGO ugiye kukugezaho urutonde rw’ amagambo 10 akomeye yavuzwe na Helaly Cliton ubwo yiyamamarizaga kuyobora Amerika.
Abagore ni ububiko bunini bw’ impano zitarabyazwa umusaruro mu Isi.
Abagore ni ububiko bunini bw’ impano zitarabyazwa umusaruro mu Isi.
Ndi umuntu witega (...)

Sponsored Ad

Helaly Cliton, Umugore wa Bill Cliton wigeze kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ni umwe mu bagore bazwi cyane mu Isi. Muri 2016 uyu mugore yagerageje kuba Perezida wa USA atsindwa n’ Umuherwe Donald Trump.

UMURYANGO ugiye kukugezaho urutonde rw’ amagambo 10 akomeye yavuzwe na Helaly Cliton ubwo yiyamamarizaga kuyobora Amerika.

Abagore ni ububiko bunini bw’ impano zitarabyazwa umusaruro mu Isi.

Abagore ni ububiko bunini bw’ impano zitarabyazwa umusaruro mu Isi.

Ndi umuntu witega ibyiza ariko kwitegura ibibi

Dukwiye kureka kwizirikana tugatekereza ku bya bera byiza abantu benshi.

Bisaba abagore kugira ngo abagabo bage mu cyerekezo kiza

Mukore ibyiza byinshi mushoboye, igihe cyose uko mubishoboye, mu bikorere abantu bose uko mubishoboye kandi mubikore igihe kirere gishoboka.

Muhe agaciro ibyo mwanenzwe, buri kimwe ukwacyo niba hari icyo mu bonyemo cy’ ukuri mu gikureho isomo.

Mu kwiye kwibera indahemuka.

Uburenganzira bwa muntu ni uburenganzira bw’ umugore, uburenganzira bw’ umugore n’ uburenganzira bwa muntu.

Ibitekerezo

  • arasobanutse kbsa. Ni umugore w’umunyabwenge

    Abanyarwanda turamuzi cyane kimwe numugabo we. Imana izi ibihisgwe izabe ariyo ibahemba.tuzareba amasaziro yabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa