skol
fortebet

Amber Rose yifotoje yambaye ubusa hejuru mu rwego rwo kwamagana ihohoterwa rikorerwa abagore[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 06, Jun 2018

Sponsored Ad

Umunyamideli Amber Rose yifotoje amafoto yambaye ubusa hejuru ariko yambaye nk’umukinnyi w’iteramakofe bitangaza benshi mu bamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga.

Sponsored Ad

Uyu munyamideli ukomoka muri USA uri mu bazwi ku isi,yifotoje yambaye ubusa hejuru ari kurigata bya bintu abakinnyi b’iteramakofe baba bambaye ku maboko yabo mu rwego rwo kwamamaza umuryango yashinze ugamije kwamagana ihohoterwa rikorerwa abagorewitwa SlutWalk.

Amber Rose yifotoje yambaye ubusa

Amber Rose w’imyaka 34 uherutse kwibagisha amabere ye yari Manini ku buryo budasanzwe akayagira mato,yatangaje ko yifuza ko urugendo rwa SlutWalk rwo kwamagana ihohoterwa rikorerwa abagore arimo ategura,rwafasha abagore kugera ku buringanire bukwiriye.

Urugendo rwo kwamagana ihohoterwa rikorerwa abagore Amber Rose n’uyu muryango we SlutWalk ari gutegura uyu mwaka,ruzaba rubaye urwa 4 akoze kuva yashinga uyu muryango.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa