skol
fortebet

Amwe mu mafoto Perezida Trump yakwemera agatanga akayabo ngo utazigera uyabona

Yanditswe: Wednesday 27, Sep 2017

Sponsored Ad

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuzweho gukunda abakobwa bakiri bato, ibi ariko ntibikuraho ko ajya anyuzamo akavuga nabi igitsina gore.
Aya mafoto agaragaza uburyo Perezida Trump akunda umukobwa we Ivanka Trump ku rugero rwo hejuru. Igihe kimwe ngo yigeze kuvuga ati “Iyo Ivanka aba atari umukobwa wanjye nari kumutereta”
2. kuri iyi foto Donald Trump ari kumwe n’ umugore we, Melania Trump n’ umukobwa Ivanka Trump.
Ikinyamakuru Buzzavoo dukesha iyi nkuru kivuga ko (...)

Sponsored Ad

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuzweho gukunda abakobwa bakiri bato, ibi ariko ntibikuraho ko ajya anyuzamo akavuga nabi igitsina gore.

Aya mafoto agaragaza uburyo Perezida Trump akunda umukobwa we Ivanka Trump ku rugero rwo hejuru. Igihe kimwe ngo yigeze kuvuga ati “Iyo Ivanka aba atari umukobwa wanjye nari kumutereta”



2. kuri iyi foto Donald Trump ari kumwe n’ umugore we, Melania Trump n’ umukobwa Ivanka Trump.

Ikinyamakuru Buzzavoo dukesha iyi nkuru kivuga ko kuri iyi foto Trump agaragariza ubwuzu bwinshi umukobwa we Ivanka kurusha uko abugaragariza umugore we Melania Trump.


3. Kuri iyi foto Trump ari kumwe n’ umukobwa we Ivanka, Reba aho Trump yahanze amaso, n’ aho ibiganza bye bifashe. Ntibibujijwe ko umubyeyi yita ku mwana we ariko aha asa n’ uwarenze umurongo.

4. Ifoto ya Trump na Olivia Culpo wabaye nyampinga w’ Isi muri 2012.

5. Trump n’ umugore we Melania

Iyi ni imwe mu mafoto atari make ya Trump ari kumwe n’ umugore we. Melania nk’ umunyamideli ntacyo atari yiteguye gukoresha umubiri we ngo abone amafaranga, ntabwo yari aziko azaba umugore wa Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika.

Melania Trump arushwa na Perezida Trump imyaka 24 iki nacyo ni kimwe mu bigaragaza ko Perezida Trump akunda abakobwa cyangwa abagore arusha imyaka myinshi.

6. Aha Perezida Trump yari yatumiwe mu kiganiro kuri Hollywood TV muri 2016, yari afashe ku burenganzira bw’ abagore ku mugabo wari wamwakiriye mu kiganiro.


7. Iki kinyamakuru gisobanura ko aha Donald Trump yarimo arimo guhatira abagore kumusoma kugahato bari mu ruhame.

8. Perezida Trump yibagiwe gufata ku mutima barimo kuririmba indirimbo yubahiriza igihugu

Aha Trump yari kumwe n’ abakobwa bakiri bato

9. Ubwo yiyamamariza muri Leta ya Carolina muri 2016, Trump yakwennye umunyamakuru Serge Kovaleski kugira ngo asetse abari bamuteze amatwi, afotorwa iyi foto arimo kwigana ubumuga budasanzwe uwo munyamakuru afite. Trump nyuma yaje gutangariza Whashington Post ko atabikoze agamije gusetsa gusa yemeye ko yasetse Serge Kovaleski.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa