Amwe mu makanzu y’abageni yatangaje benshi mu bayabonye [AMAFOTO]
Yanditswe: Friday 18, May 2018
Imyambarire y’abageni n’ikimwe mu bikurura abantu benshi muri iki gihe ndetse benshi baba bafite amatsiko menshi yo kureba cyangwa kumenya uko mu bukwe runaka abageni bambaye ndetse n’uruganda rwabambitse ku bifite
Muri iyi minsi abageni bakunze kwambara amakanzu atangaje atuma benshi babibazaho ndetse bamwe bagacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga bashima cyangwa banenga imyambarire yo mu bukwe bumwe na bumwe.
Mu gihe habura amasaha make kugira ngo ubukwe bw’uwahoze ari umukinnyi wa filimi Meghan Markle na Prince Harry bube,benshi bategerezanyije amatsiko menshi kureba ikanzu uyu mukobwa azaba yambaye izaba yambaye kuko ifite agaciro k’ibihumbi 100 by’amapawundi,ahwaanye na miliyoni zisaga 100 z’amafaranga y’u Rwanda.
Umuryango ugiye kubagezaho amwe mu mafoto y’amakanzu dukesha ikinyamakuru The Sun yatangaje benshi mu bayabonye ndetse bakibaza cyane icyateye abageni kuyahitamo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *