skol
fortebet

Dore amafoto agaragaza Young Grace yambaye bikini yagiye koga hamwe n’umusore bakundana

Yanditswe: Tuesday 17, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Young Grace yashyize yagaragaye yambaye umwenda wa Bikini ari kumwe n’umusore bari mu rukundo.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa mbere taliki ya 16 Nyakanga 2018 .Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nibwo umuraperikazi Young Grace yagaragaye ari kumwe n’umusore w’umukinnyi uzwi nka PK yavuze ko bari mu rukundo.

Amafoto agaragaza Young Grace yambaye umwenda wo kogana benshi bazi nka Bikini yatunguye benshi kubera ko ubusanzwe benshi nibajyaga babona uyu mukobwa yiyambitse muri buno buryo kubera ko atakundaga gushyira amafoto ye hanze yambaye muri buno buryo.

Amakuru agera k’UMURANGO avugako aya mafoto yaba bombi yafashwe nyuma y’ igitaramo cya PGGSS 8 cyabereye i Rubavu.

Twabibutsa ko mu minsi yashize aribwo Young Grace yatangarije UMURYANGO ko ari mu rukundo nuyu musore ubusanzwe ukina mu ikipe ya Heroes .

Ibitekerezo

  • Ariko uyu mukobwa,finalement afite "abakunzi" bangahe?Ko amaze kutubwira benshi?Ibi se ni urukundo cyangwa ni ubusambanyi?Bene ibi bibabaza imana cyane.Ntabwo imana yaduhaye sex ngo tuyihe abantu bose,uboshye inyanya.
    Ikindi kandi,imana idusaba gukoresha ubuto bwacu (youth) mu gushaka imana no kuyikorera (Umubwiriza 12:1).
    Nubwo gusambana bikorwa na millions nyinshi z’abantu,tujye twibuka ko imana izabima ubuzima bw’iteka muli paradizo.
    Bisobanura ko batazazuka ku munsi w’imperuka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa