skol
fortebet

Dore amafoto y’umupadiri n’ababikira basangira inzoga yaciye ibintu hose[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 29, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Ikinyamakuru cyo muri Nigeria cyakoze ibyafashwe nko gushotora Kiliziya Gatolika abandi bavuga ko byari bikwiye ko hamenyakana ukuri ko hari Abapadiri n’ababikira basoma ku nzoga nyuma yo kuva mu rusengero.

Sponsored Ad


Kuva ku munsi w’ejo tariki ya 04 Ukwakira 2017 , hasakajwe amafoto Ku mbuga nkoranyambaga ya Padiri n’Abandi bihaye Imana b’igitsina gore bazwi nk’Ababikira bari banywa inzoga.

Aba bakozi b’Imana bari mu mwambaro wabo bamenyerweho mu bishura bimwe byeruruka abandi mu by’ubururu.Bigaragara ko biteretse inzoga z’amako atandukanye.

Ibitekerezo

  • Ntitukagwe mu mutego wa Pastors bigisha ko "kunywa inzoga ari icyaha".Nyamara benshi muli bo bazinywa bihishe.Nubwo amadini menshi yigisha ko Kunywa INZOGA ari icyaha,ntabwo ariko Bible ivuga.Imana yemera ko umuntu ashobora kunywa VINO nkeya.Bisome muli Tito 2:3 na 1 Timote 3:8 hamwe na 1 Timote 5:23.Bible ivuga ko VINO ishimisha abantu.Byisomere muli Zaburi 104:14,15.Imana iha VINO cyangwa INZOGA abantu ikunda.Nabyo bisome muli Yesaya 25:6 na Gutegeka 14:26.Mwese muribuka ko YESU yatanze Vino mu bukwe bw’i Kana.Ntabwo yatanze umutobe nkuko bamwe bahimba.Icyo imana itubuza,ni ugusinda (Abefeso 5:18).Kandi ikavuga ko “ABASINZI” batazaba mu Bwami bw’imana (1 Abakorinto 6:9,10).Aho gupfa kwemera ibyo Pastors bigisha,mujye mwiga Bible neza,kugirango mumenye UKURI,kubabohore nkuko Yesu yavuze muli Yohana 8:32.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa