skol
fortebet

Dore ubukwe bukomeje kuvugisha abantu benshi ibitandukanye bitewe n’imiterere y’umubiri wabo idasanzwe[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 04, May 2018

Sponsored Ad

skol

Umukwe n’umugeni bivugwako ari abo mu gihugu cya Nigeria, bahuruje imbaga y’abantu hirya no hino ku mbuga nlkoranyambaga, kubera imiterere yabo idasanzwe basa nk’abahuriyeho bombi, kuburyo buri wese ubabonye afata umanya wo kubitegereza akagira icyo abavugaho nk’uko bikomeje kugaragara.
Uyu mukwe n’umugeni we bifotoje aya mafoto ubwo bari bakoranye ubukwe bamaze gusezerana kwibanira akaramata nk’abandi bose, barangije amafoto yabo bayashyira ku mbuga nkoranyambaga, atangira kusakara hose ari na (...)

Sponsored Ad

Umukwe n’umugeni bivugwako ari abo mu gihugu cya Nigeria, bahuruje imbaga y’abantu hirya no hino ku mbuga nlkoranyambaga, kubera imiterere yabo idasanzwe basa nk’abahuriyeho bombi, kuburyo buri wese ubabonye afata umanya wo kubitegereza akagira icyo abavugaho nk’uko bikomeje kugaragara.

Uyu mukwe n’umugeni we bifotoje aya mafoto ubwo bari bakoranye ubukwe bamaze gusezerana kwibanira akaramata nk’abandi bose, barangije amafoto yabo bayashyira ku mbuga nkoranyambaga, atangira kusakara hose ari na ko akomeza gutuma abantu benshi bayibazaho mu buryo butandukanye.

Ubwo rero aba bombi bamaraga gusezerana imbere y’amategeko, abenshi mu bababonye bakomeje kubavugaho byinshi bitandukanye, binaturutse ahanini k’uwashyize amafoto yabo kuri Facebook yibaza niba aba bombi bashobora kubana, agendeye ku miterere y’umubiri wabo bigaragarako no mu buzima busanzwe bashobora kuba bafite n’utundi tubazo. Abenshi mu butumwa bakomeje kugenda bohereza babasabiye umugisha n’ubufasha buturutse ku Mana.

Ibitekerezo

  • Ubu aba bantu babaye iki?

    ubu njye ndumiwe!!journalist kabisa mujye mureka ibikabyo.ikidasanzwe kuri bo ni ikihe koko!?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa