skol
fortebet

Emmanuel umusore w’imyaka 34 y’amavuko nyuma yo kubenga umukobwa arusha imya ine bari bagiye kurushinga ubu igitsina cye kirarereta ku gahanga

Yanditswe: Tuesday 16, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Mansa Emmanuel ni umusore w’imyaka 34 y’amavuko, ubwo yajyaga gusezerana n’umukunzi we Fadhila yarushaga imyaka ine y’amavuko ku wa 7 Nyakanga 2019, yamubengeye mu rusengero, ngo bitewe n’ibyo batumvikanagaho, none ubu umusore yataye umutwe, ku buryon’igitsina cye ngo kirereta mu gahanga.

Sponsored Ad

Mansa n’umukobwa bari bagiye gusezerana ngo bose bakomoka mu gace ka Mtwara gaherereye mu Burasirazuba bw’Amajyepfo ya Tanzania, aka gace ngo kakaba gakunze kuvugwamo amarozi cyane.

Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Mpekuzihuru cyo muri Tanzaniya ngo ubwo imiryango yari yateranye, Fadhila na Emmanuel bari bicaye mu rusengero barimo guhabwa inyigisho na pasit eri wari ugiye kubasezeranya umusore ngo yasohotse nk’ugiye hanze bategereza ko agaruka baraheba.

Uwitwa Tusajigwe wari watashye ubwo bukwe yatangaje ko uko yabibonye.

Yagize ati “Yadusize mu ikanisa [Urusengero] ntabwo yagarutse, twaramushatse tumubuze umukobwa asubira iwabo ariko umuryango wabo ubabaye cyane”

Yakomeje avuga ko umusore yamubenze kubera amafaranga, ngo hari ibyo bari basezeranye bakeka ko ari amafaranga, umusore abonye ko bagiye gusezerana ahita abivamo bitaraba.

Nyuma y’iminsi itanu gusa ngo nibwo Emmanuel yatangiye kujunjama umubiri we utangira kugira impinduka, andi makuru akavuga ko yari mu rukundo n’undi mukobwa.

Tuzajigwe Yagize ati”Iyo ari mu nzu nta kibazo aba afite ariko iyo agerageje kugera mu bandi uhita ubona igitsina cye kirereta mu gahanga arababaye cyane, bamukoreye ubuhemu, iwabo w’umukobwa barihoreye ariko afite imbaraga yakwiyahura agapfa n’ubundi yapfuye ahagaze”

Iki kinyamakuru gikomeza gitangaza ko hari hashize imyaka atatu nabwo umugabo wo mu karere ka Mbiga, mu gace ka Ruvuma muri Tanzaniya na none, na we arozwe muri uu buryo, ngo igitsinna cye kimera mu gahanga, biturutse ku guca inyuma umugore we cyane bari bafitanye abana batatu bikaza no kurangira amwirukanye mu mitungo akazana undi ufite imyaka 19.

Ibitekerezo

  • Securité ni mu gakiza, ariko ukaba ukarimo neza. Ibindi wapi

    Ubusambanyi bukorwa na millions and millions z’abantu,butera ibibazo byinshi bikomeye: Gufungwa,kwica cyangwa kwicwa,kwiyahura,gukuramo inda,guhotora cyangwa kujugunya umwana wabyaye,gusenya ingo ku bashakanye,etc… Nkuko Yesaya 48 umurongo wa 18 havuga,turamutse twumviye Imana nibwo twagira amahoro gusa.Ibibazo byinshi isi ifite biterwa nuko abantu batuye isi hafi ya bose basuzugura Imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,kugirango izabakure mu isi izaba paradizo dutegereje ivugwa muli petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 13.Mwibuke ko ku gihe cya Nowa Imana nabwo yarimbuye abantu bose bali batuye isi,hakarokoka gusa abantu 8 bumviraga Imana.Ni Yesu ubwe wahamije iyo nkuru,hanyuma avuga ko ariko bizagenda nagaruka ku munsi w’imperuka. It is a matter of time.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa