skol
fortebet

Ibishushanyo byo ku mubiri we byatumye afatwa n’inzego z’umutekano nyuma y’imyaka 13 yihishe

Yanditswe: Saturday 13, Jan 2018

Sponsored Ad

Uwitwa Shigeharu Shirai w’imyaka 72 wari umaze imyaka 13 ahigwa na leta y’Ubuyapani,yahemukiwe n’ibishushanyo byo ku mubiri we kuko byatumye afatwa nyuma yo gufotorwa n’abanyamakuru bo mu gace yari amaze iyi myaka yose yihishemo.
Uyu mugabo ukomoka mu muryango w’aba Yakuza uzwiho ibikorwa by’ubwihebe,yari amaze imyaka 13 yihishe mgace kitwa Lopburi ko muri Thailand,ariko yatamajwe n’ibishushanyo byo ku mubiri we (tatouages).
ubwo yarimo yikinira na bagenzi be,abanyamakuru bashimishijwe na (...)

Sponsored Ad

Uwitwa Shigeharu Shirai w’imyaka 72 wari umaze imyaka 13 ahigwa na leta y’Ubuyapani,yahemukiwe n’ibishushanyo byo ku mubiri we kuko byatumye afatwa nyuma yo gufotorwa n’abanyamakuru bo mu gace yari amaze iyi myaka yose yihishemo.


Uyu mugabo ukomoka mu muryango w’aba Yakuza uzwiho ibikorwa by’ubwihebe,yari amaze imyaka 13 yihishe mgace kitwa Lopburi ko muri Thailand,ariko yatamajwe n’ibishushanyo byo ku mubiri we (tatouages).

ubwo yarimo yikinira na bagenzi be,abanyamakuru bashimishijwe na tatouages ze niko kumufotora amafoto bayakwirakwiza hirya no hino byatumye na leta y’Ubuyapani imenya aho aherereye baza kumufata cyane ko yari yarabazengereje.

Uyu mugabo ukuriye ibyihebe by’aba Yakuza,yagize uruhare mu bwicanyi bwakorewe bamwe mu bayapani barwanyaga uyu mutwe mu mwaka wa 2003

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa